Uwo ni Serumogo Ally Omar. Uyu musore ukina ari myugariro yaraye asezewe ariko yishimiwe n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports yari amazemo imyaka itanu. Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports...
Komisiyo ishinzwe amatora mu Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’amaguru, Ferwafa, yanze kandidatire zirimo iya Gacinya Chance Denis na Murangwa Éugene wakiniye Rayon Sports. Aba bagabo ntibagaragaye ku...
Amakipe y’u Rwanda yamaze kugera ku mukino wa nyuma mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 11 n’icy’abaterengeje imyaka 13 mu irushanwa rihuza amashuri y’Umupira w’Amaguru ya Paris Saint-Germain...
Mu gihe hasigaye iminsi itageze kuri ine ngo hakinwe imikino yo ku munsi wa 30 wa Shampiyona, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, FERWAFA, ryakoze impinduka y’uko iyi...
Sena y’u Rwanda yakiriye inzego za Siporo zihagarariwe na Minisiteri yayo ngo baganire ku bibazo biri muri Siporo mu Rwanda muri rusange n’umupira w’amaguru by’umwihariko. Senateri...