Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imbonerakure Zakubise Umuturage Zimumaramo Umwuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Imbonerakure Zakubise Umuturage Zimumaramo Umwuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2023 1:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taliki 04, Kamena, 2023( Mu Kirundi Kamena bayita Ruheshyi) umugabo witwa Gabriel Ndayishimiye yaje gukiranura umugabo witwa  Juvénal Ndagijimana wari washyamaranye n’umugore we.

Ndagijimana yari asanzwe atekera abapolisi bo mu Gitega. Kubera ko atishimiye kuba Ndayishimiye yaraje kubakiza, Juvénal Ndagijimana yahamagaye bagenzi biganjemo urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi rwitwa Imbonerakure baraza bakubita Gabriel Ndayishimiye baramunegekaza.

Ngo kwari ukugira ngo bamuhe isomo atazibagirwa. Nyuma yo gukubitwa bakamugira inoge, yajyanywe ku bitaro byitwa Hôpital régional de Gitega.

Yagezeyo araremba aza gupfa.

SOS media Burundi yanditse ko abasore batatu b’Imbonerakure bitwa Aloys Bizimana, Berchmans Ndayizeye, Daniel Twagirayezu ari bo bakubise uriya mugabo.

Juvénal Ndagijimana yaje gufatwa afungwa iminsi 12 kuri station nyuma ararekurwa.

Abo mu muryango wa nyakwigendera basaba ubuyobozi ko uwakoze biriya yakurikiranwa kuko kumufunga iminsi 12 bakamurekura, kuri bo atari igihano gikwiye umuntu wagize uruhare mu rupfu rw’undi.

Umuyobozi w’Umusozi wa Birohe ibyo byabereyeho witwa Innocent Hatungimana yirinze kugira icyo atangaza ku cyifuzo cy’abo mu muryango wa nyakwigendera.

TAGGED:BurundiGitegaImbonerakure
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abororera Muri Gishwati Hari Amakuru Basaba Uruganda Rw’Amata Rwa Mukamira
Next Article Biziritse Urumogi Ku Nda Barenzaho Amakoti
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?