Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IMF Yishimira Uko Ubukungu Bw’U Rwanda Buri Kuzamuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

IMF Yishimira Uko Ubukungu Bw’U Rwanda Buri Kuzamuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 November 2023 9:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’abakozi bo mu Kigega mpuzamahanga cy’imari bavuga ko ubukungu bw’u Rwanda buri kuzamuka neza kuko ubu buri ku kigero cya 6.3% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2023.

N’ubwo bimeze gutyo, kimwe mu bintu byakomye mu nkokora ubukungu bw’u Rwanda ni ukurumbya umusaruro w’ibihingwa ngangurarugo cyane cyane muri Gicurasi, 2023.

Ikigega mpuzamahanga cy’imari gishima ko n’ubwo ibintu byagenze gutyo, u Rwanda rwabyitwayemo neza.

Ruben Atoyan wayoboye ubutumwa bwa IMF ari mu bashima uko u Rwanda rwabyitwayemo.

Avuga ko n’ubwo rwahuye n’ibihe bikomeye,  politike yo guteze imbere ubukungu yashyizwe mu bikorwa kandi irabuzanzamura.

Abo muri IMF bavuga ko u Rwanda rufite gahunda igaragara yo guhangana n’ihindagurika ry’ibiciro ku masoko bikomeje kwiyongera.

Ibi biciro bituma hashyirwaho Politiki zo kubungabunga ubukungu n’iterambere rirambye bikajyanirana no kunoza politiki y’ifaranga.

Icyakora IMF isaba Guverinoma y’u Rwanda gukora amavugurura y’imisoro imbere mu gihugu bikazarufasha kugera ku ntego yo gukusanya amafaranga menshi igihugu cyinjiza aturutse mu misoro.

IMF yasabye kandi ko ishoramari rya Leta rirushaho kongera imikorere hagamijwe kongera ibikorwa bigeza serivisi ku baturage.

U Rwanda rusanganywe gahunda yo kubaka ubukungu buhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere kandi ngo bigaragara ko izatanga umusaruro nishyirwa mu bikorwa uko yateganyijwe.

Mu biganiro byahuje abari bahagarariye Guverinoma mu by’ubukungu n’abakozi ba IMF, hasinyiwe n’amasezerano y’inkunga iki kigo kizaha u Rwanda angana na Miliyoni $ 48.5 azashyirwa muri gahunda ya Resilience and Sustainability Facility n’andi angana miliyoni $ 87.5 nayo yo kuzamura ubukungu bwarwo.

TAGGED:featuredIkigegaImariMpuzamahangaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Igisasu Cyavuye Muri DRC Cyakomerekeje Undi Munyarwanda
Next Article Uko Umutekano Urinzwe Nibyo Abanyarwanda Bishimira Kurusha Izindi Serivisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?