Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubukungu Bw’u Rwanda Buzazamukaho 7%-PM Ngirente
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ubukungu Bw’u Rwanda Buzazamukaho 7%-PM Ngirente

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 February 2024 4:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko ubukungu bw’u Rwanda bwa nyuma ya COVID-19 bwihagazeho.

Imibare yahaye abagize Inteko ishinga amategeko, imitwe yombi,  igaragaza ko guhera mu mwaka wa 2021 bwagiye buzamuka ku kigero cyiza.

Ubwo COVID-19 yadukaga mu Rwanda, ubukungu bwarwo bwaraganutse cyane kuko bwagiye munsi ya -3.4%.

Byatewe n’ishyirwa mu bikorwa by’ingamba zo gukumira ko abantu banduzanya zirimo na Guma mu Rugo.

Indege ntizagurukaga, imodoka ntizavaga mu bipangu no mu magaraje, amasoko yari yarafunze, ibintu hafi ya byose bikorerwa kuri murandasi.

Minisitiri w’Intebe atangaza ko gahoro gahoro Guverinoma y’u Rwanda yafashe ingamba zo kuzahura ubukungu kandi zatanze umusaruro.

Uwo musaruro wagaragajwe n’uko mu bihe binyuranye, ubukungu bwazamutse ku kigero cya 8% mu myaka itatu ishize.

Ngirente yavuze ko urugero ari uko mu mwaka wa  2021, ubukungu bwazamutse ku 10,9%.

Mu mwaka wa 2022, bwazamutse kuri 8,2%, mu gihe byitezwe ko mu 2023, ubukungu buzazamuka kuri 7%.

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente yatangaje ko mu myaka itatu ishize u Rwanda rwahanze imirimo mishya ibihumbi 590.

Ni mu gihe muri gahunda yo kwihutisha iterambere, NST1, intego yari uguhanga imirimo mishya ibihumbi 200 buri mwaka.

Bivuze ko rwarengeje intego ho imirimo 390,000.

Ibirambuye kuri iri zamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda nyuma ya COVID-19 mu nzego zitandukanye zabwo Taarifa izabibagezaho nkuru ziri bukurikire.

TAGGED:COVID-19featuredIbipimoNgirenteUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Kuganirwa Uko Mu Rwanda Hakubakwa Ikigo Kigisha Kubungabunga Amahoro
Next Article Luvumbu Yatandukanye Na Rayon Sports
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?