Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imibare y’ Amavubi ni myinshi nyuma yo kunganya na Djibouti
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Imibare y’ Amavubi ni myinshi nyuma yo kunganya na Djibouti

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2020 3:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ba Kapiteni basuhuzanya mbere y'umukino
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 16 Ukuboza 2020, i Rubavu hari gukinirwa imikino yo ku munsi wa kabiri w’irushanwa rya CECAFA y’abatarengeje imyaka 17, bahatanira kuzitabira imikino ya nyuma y’igikombe cy’ Africa, Izabera muri Marooc muri Nyakanga 2020.

Mu mukino wa kabiri w’Amavubi warangiye anganyije ubusa ku busa na Djibouti,bituma imibare yo kuzagera muri Kimwe cya kabiri cy’irangiza (1/2) ikomeza kuba myinshi ku mutoza w’ Amavubi y’abatarengeje imyaka 17, Rwasamanzi Yves.

Bitewe n’uko itsinda ririmo amakipe atatu kandi u Rwanda rukaba rwaratsinzwe na Tanzania ibitego bitatu kuri kimwe (3-1) mu mukino wabanje, kugira ngo Amavubi akomeze birasaba ko Tanzania itsinda Djibouti ku kinyuranyo cy’ibitego birenze bibiri.

U Rwanda nirugira amahirwe yo gukomeza mu mikino ya 1/2, rushobora kuzahura n’ ikipe y’igihugu ya Uganda iri ku mwanya wa mbere mu itsinda A.

Iheruka gutsinda  Kenya ibitego bitanu ku busa (5-0).

Ba Kapiteni basuhuzanya mbere y’umukino
Ni umukino wari ushyushye ku mpande zombi
Banganyije biba ikibazo ku Amavubi
TAGGED:AmavubiCECAFAComorosfeaturedKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article URI BYOSE
Next Article U Rwanda rwabwiye Umudepite wa USA ko rufite ubutabera bwigenga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Umukino Urangiza Irushanwa ‘Gicanda Invitation 2025’ Urabera Kigali Pele Stadium

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukerarugendoUbukungu

Kinigi: Abaturiye Ahazagurirwa Pariki Bahawe Uburyo Bwo Kwihaza Mu Biribwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC Ntishaka Ubuhuza Bwa Thabo Mbeki 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Haganiwe Uko UNHCR Yakomeza Imikoranire N’ u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbukungu

Angola Igiye Kujya Itunganya Diyama Yose Icukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?