Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imikoranire Ya BK Na BDF Mu Gufasha Imishinga Mito N’Iciriritse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Imikoranire Ya BK Na BDF Mu Gufasha Imishinga Mito N’Iciriritse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 December 2023 2:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali na Vincent Munyeshyaka uyobora BDF bashyize umukono ku masezerano yo guha imyenda abakiliya bashaka gushora mu mishinga mito n’iciriritse ariko nabo bakagira uko birengera igihombo.

Ni amasezerano agamije gufasha ba rwiyemezamirimo kubona igishoro ariko hakabaho ko nabo birengera ko mu gihe bahomba hari ibyo bakwishyura.

Aya masezerano hagati ya BDF na BK bayise Partial Credit Guarantee.

Intego ni ukugira ngo umukiliya ushaka umwenda nawe yumve uruhare afite mu kurinda ko ayo mafaranga ahomba.

Umuyobozi mukuru wa Banki ya Kigali Dr. Diane Karusisi avuga ko buriya bufatanye buzatuma abitabira kwaka imyenda yo gushyira mu mishinga mito n’iciriritse babona amafaranga bifuza.

Dr. Diane Karusisi

Abenshi mu bakunze kwaka aya mafaranga ni urubyiruko.

Urubyiruko kandi niryo rugize igice kinini cy’Abanyarwanda kandi iyo rudafite icyo rukora, rwishora mu bikorwa bihungabanya umutekano, rugapfira ubusa igihugu.

TAGGED:BankiBDFfeaturedImariInguzanyoUbucuruziUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mexique Haba Ababikira Biyemeje Guteza Imbere Urumogi
Next Article Icyamamare Zari Yageze Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?