Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imikoranire Ya BK Na BDF Mu Gufasha Imishinga Mito N’Iciriritse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Imikoranire Ya BK Na BDF Mu Gufasha Imishinga Mito N’Iciriritse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 December 2023 2:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali na Vincent Munyeshyaka uyobora BDF bashyize umukono ku masezerano yo guha imyenda abakiliya bashaka gushora mu mishinga mito n’iciriritse ariko nabo bakagira uko birengera igihombo.

Ni amasezerano agamije gufasha ba rwiyemezamirimo kubona igishoro ariko hakabaho ko nabo birengera ko mu gihe bahomba hari ibyo bakwishyura.

Aya masezerano hagati ya BDF na BK bayise Partial Credit Guarantee.

Intego ni ukugira ngo umukiliya ushaka umwenda nawe yumve uruhare afite mu kurinda ko ayo mafaranga ahomba.

Umuyobozi mukuru wa Banki ya Kigali Dr. Diane Karusisi avuga ko buriya bufatanye buzatuma abitabira kwaka imyenda yo gushyira mu mishinga mito n’iciriritse babona amafaranga bifuza.

Dr. Diane Karusisi

Abenshi mu bakunze kwaka aya mafaranga ni urubyiruko.

Urubyiruko kandi niryo rugize igice kinini cy’Abanyarwanda kandi iyo rudafite icyo rukora, rwishora mu bikorwa bihungabanya umutekano, rugapfira ubusa igihugu.

TAGGED:BankiBDFfeaturedImariInguzanyoUbucuruziUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mexique Haba Ababikira Biyemeje Guteza Imbere Urumogi
Next Article Icyamamare Zari Yageze Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?