Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ibikorerwa mu nganda, NIRDA, kishimira ko hari imishinga umunani giherutse gutera inkunga kugira ngo abayishinze bakore neza, ibateze imbere. Ni muri...
Banki y’isi yageneye u Rwanda miliyoni $ 100 y’inguzanyo yo kuzamura urwego rw’abikorera ku giti cyabo no gufasha abantu kugera kuri serivisi z’imari. Byakozwe mu rwego...
Ni ibyagarutsweho n’abagize Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba bateraniye i Kigali mu nama izamara iminsi itatu. Basabye za Guverinoma kongerera ubuhinzi ingengo y’imari kugira...
Hari itsinda ry’abahanga mu buhinzi n’imitegurire y’ibiribwa n’ibinyobwa bihurije mu kiswe The African Food Fellowship bamaze iminsi baha amasomo Abanyarwanda ku mihingire n’imitekere iboneye hagamijwe kongerera...
Umuyobozi wungirije muri Banki nkuru y’u Rwanda Soraya Hakuziyaremye avuga ko imibare bahabwa n’ibigo by’ubwiteganyirize yerekana ko Abanyarwanda bafite bwiteganyirize bangana na 1.6%. Uyu muyobozi avuga...