Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imirenge Irindwi Ya Gasabo Irabura Amazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Imirenge Irindwi Ya Gasabo Irabura Amazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2024 8:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Akarere ka Gasabo ni ko kanini mu turere dutatu tw'Umujyi wa Kigali
SHARE

Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi WASAC bwatangaje ko amazi ari bube make mu mirenge irindwi y’Akarere ka Gasabo kubera ko hari umuyoboro wayo wangiritse ukeneye kubanza gusanwa.

Imirenge iri bubure amazi mu gihe runaka ni Kimironko, Kinyinya, Bumbogo, Ndera, Gisozi na Kimihurura.

WASAC ivuga ko iyangirika ry’umuyoboro uri muri Kagugu ari ryo riri butume amazi aba afunzwe kugira ngo habeho kubanza kuwusana nyuma yongere afungirwe.

Isaba abantu gukoresha neza amazi ahari mu gihe amazi ahagije ataraboneka.

Kuri X yayo  WASAC yanditse iti: “…Turakora ibishoboka byose dusane ahangiritse, basubirane amazi. Tubiseguyeho!”

Kugeza ubu ntiharamenyekana icyaciye uwo muyoboro.

Turamenyesha abafatabuguzi bacu batuye @Gasabo_District mu Mirenge ya #Kimironko,#Kinyinya,#Bumbogo,#Ndera,#Remera,#Gisozi na #Kimihurura ko kubera iyangirika ry'umuyoboro ribereye #Kagugu badafite amazi.Turakora ibishoboka byose dusane ahangiritse,basubirane amazi.Tubiseguyeho! pic.twitter.com/J0IZV4y6i3

— Water and Sanitation Corporation Group |Rwanda (@wasac_rwanda) February 19, 2024

TAGGED:AmaziGasaboUmuyoboroWASAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Unity Club Ifite Imishinga Yo Guteza Imbere Nyamagabe
Next Article Tour Du Rwanda Igiye Guca Muri Nyungwe, Pariki Ihoramo Imvura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?