Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imirongo Mishya Ya Minisiteri Y’Ubucuruzi N’Inganda Ku Buziranenge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Imirongo Mishya Ya Minisiteri Y’Ubucuruzi N’Inganda Ku Buziranenge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 January 2025 3:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri w'ubucuruzi n'inganda Prudence Sebahizi
SHARE

Ku rukuta rwayo wa X, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06, Mutarama, 2025, abacuruzi bohereza ibicuruzwa hanze batazongera kwakwa icyangombwa cyabyo keretse mu gihe igihugu byoherejwemo ari cyo kibisabye.

Ni imwe mu ngamba iyi Minisiteri yatangaje zije zikurikiye ibiherutse kuvugwa n’abacuruzi ko hari ibyangombwa RSB, Rwanda FDA na RICA zibasaba kandi byagombye kuba bihurijwe ahantu hamwe, bigatangirwa rimwe, ntibasiragizwe.

Ikindi gikubiye mu itangazo rya MINICOM ni uko impushya ku bicuruzwa byinjizwa mu Rwanda zizajya zitangwa gusa ku bicuruzwa bishobora kugira ingaruka ku buzima.

Havanyweho kandi amafaranga yishyurwaga n’inganda nto n’iziciriritse kugira ngo zihabwe serivisi z’ubuziranenge.

Iri tangazo ryasinywe na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi n’inganda Sebahizi Prudence rivuga ko igiciro cya serivisi ziganisha ku kirango cy’ubuziranenge ku nganda nini kitagomba kurenga Frw 100,000.

Announcement on streamlining service delivery in National Quality Infrastructure Institutions | Itangazo ku kunoza imitangire ya serivisi mu bigo bitanga serivisi z’ubuziranenge. pic.twitter.com/YTlGI3AHpL

— Min of Trade |Rwanda (@RwandaTrade) January 6, 2025

TAGGED:featuredMinisiteriSebahiziUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukraine Yongeye Kugaba Igitero Mu Burusiya
Next Article Minisitiri w’Intebe Wa Canada Yeguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?