Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imirongo Mishya Ya Minisiteri Y’Ubucuruzi N’Inganda Ku Buziranenge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Imirongo Mishya Ya Minisiteri Y’Ubucuruzi N’Inganda Ku Buziranenge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 January 2025 3:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri w'ubucuruzi n'inganda Prudence Sebahizi
SHARE

Ku rukuta rwayo wa X, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06, Mutarama, 2025, abacuruzi bohereza ibicuruzwa hanze batazongera kwakwa icyangombwa cyabyo keretse mu gihe igihugu byoherejwemo ari cyo kibisabye.

Ni imwe mu ngamba iyi Minisiteri yatangaje zije zikurikiye ibiherutse kuvugwa n’abacuruzi ko hari ibyangombwa RSB, Rwanda FDA na RICA zibasaba kandi byagombye kuba bihurijwe ahantu hamwe, bigatangirwa rimwe, ntibasiragizwe.

Ikindi gikubiye mu itangazo rya MINICOM ni uko impushya ku bicuruzwa byinjizwa mu Rwanda zizajya zitangwa gusa ku bicuruzwa bishobora kugira ingaruka ku buzima.

Havanyweho kandi amafaranga yishyurwaga n’inganda nto n’iziciriritse kugira ngo zihabwe serivisi z’ubuziranenge.

Iri tangazo ryasinywe na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi n’inganda Sebahizi Prudence rivuga ko igiciro cya serivisi ziganisha ku kirango cy’ubuziranenge ku nganda nini kitagomba kurenga Frw 100,000.

Announcement on streamlining service delivery in National Quality Infrastructure Institutions | Itangazo ku kunoza imitangire ya serivisi mu bigo bitanga serivisi z’ubuziranenge. pic.twitter.com/YTlGI3AHpL

— Min of Trade |Rwanda (@RwandaTrade) January 6, 2025

TAGGED:featuredMinisiteriSebahiziUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukraine Yongeye Kugaba Igitero Mu Burusiya
Next Article Minisitiri w’Intebe Wa Canada Yeguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?