Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 October 2025 4:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Israel yatangaje ko yongeye kurasa muri Gaza ahitwa Rafah nyuma y’uko abarwanyi ba Hamas barashe abasirikare bayo.

Buri ruhande rushinja urundi kuba gashozantambara rukaba ari rwose rwatumye agahenge kari kamaze iminsi, gakomwa mu nkokora.

Nubwo ari uko bimeze muri rusange, Hamas ivuga ko igikomeye ku ihagarikwa ry’imirwano

Ihagarara ry’iyi ntambara ryatumye Israel ikura ingabo mu bice bimwe bya Gaza n’ubwo atari byose.

Si ubwa mbere amasezerano y’amahoro hagati ya Hamas na Israel itsikira kuko no muri Mutarama uyu mwaka nabwo byarabaye ubwo impande zombi zari zimaze guhererekanya imfungwa.

Intambara ya Israel na Hamas yatangiye Tariki 07, Ukwakira mu mwaka wa 2023.

Hari nyuma y’uko uyu mutwe wishe abantu ba Israel 1200 mu gitero wagabye utunguranye.

Icyo gihe Hamas yatwaye bunyago abantu 250 kandi abenshi barapfuye.

Kuva iyo ntambara yatangira, abantu 68,000 bamaze kuhagwa nk’uko Minisitiri y’ubuzima muri Gaza ibyemeza.

Irasana rivugwa muri iyi nkuru rivuzwe nyuma y’uko hari umugambi wa Donald Trump wari imaze iminsi utangijwe ari nawo watumye impande zombi ziherutse guhanahana imfungwa.

TAGGED:featuredHamasImirwanoIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo
Next Article U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?