Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 October 2025 4:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Israel yatangaje ko yongeye kurasa muri Gaza ahitwa Rafah nyuma y’uko abarwanyi ba Hamas barashe abasirikare bayo.

Buri ruhande rushinja urundi kuba gashozantambara rukaba ari rwose rwatumye agahenge kari kamaze iminsi, gakomwa mu nkokora.

Nubwo ari uko bimeze muri rusange, Hamas ivuga ko igikomeye ku ihagarikwa ry’imirwano

Ihagarara ry’iyi ntambara ryatumye Israel ikura ingabo mu bice bimwe bya Gaza n’ubwo atari byose.

Si ubwa mbere amasezerano y’amahoro hagati ya Hamas na Israel itsikira kuko no muri Mutarama uyu mwaka nabwo byarabaye ubwo impande zombi zari zimaze guhererekanya imfungwa.

Intambara ya Israel na Hamas yatangiye Tariki 07, Ukwakira mu mwaka wa 2023.

Hari nyuma y’uko uyu mutwe wishe abantu ba Israel 1200 mu gitero wagabye utunguranye.

Icyo gihe Hamas yatwaye bunyago abantu 250 kandi abenshi barapfuye.

Kuva iyo ntambara yatangira, abantu 68,000 bamaze kuhagwa nk’uko Minisitiri y’ubuzima muri Gaza ibyemeza.

Irasana rivugwa muri iyi nkuru rivuzwe nyuma y’uko hari umugambi wa Donald Trump wari imaze iminsi utangijwe ari nawo watumye impande zombi ziherutse guhanahana imfungwa.

TAGGED:featuredHamasImirwanoIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo
Next Article U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?