Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imishahara y’Abarimu Muri RDC Yibwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Imishahara y’Abarimu Muri RDC Yibwe

Last updated: 03 January 2022 5:47 pm
Share
SHARE

Abarimu bo mu gace ka Kamituga muri teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Epfo bakomeje imyigaragambyo, basaba inzego z’ubuyobozi kubafasha kubona imishahara yabo yibiwe mu rugo rw’abapadiri.

Ni ibibazo byatangiye ubwo mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza, amabandi yitwaje intwaro yateye urugo rw’abapadiri maze asahura amafaranga yagombaga guhembwa abarimu angana na miliyoni 300 z’amafaranga ya Congo, ni ukuvuga nibura $150 000.

Ni amafaranga yagombaga guhembwa abarimu bo muri ako gace mu bihe by’iminsi mikuru.

Padiri Alphonse Makunzu usanzwe ari n’mucungamutungo wa paruwasi yaje kuraswa n’aba bajura ndetse bamukomeretsa bakoresheje umuhoro.

Ubu arimo kwitabwaho mu bitaro mu Mujyi wa Bukavu aho yaje koherezwa ngo ahabwe ubuvuzi bukwiye, nk’uko Radio Okapi yabitangaje.

Aba barimu basaba ko ubuyobozi bwabafasha amafaranga yibwe akagaruzwa, bakabasha kwizihiza iminsi mikuru hamwe n’imiryango yabo.

Umuvugizi w’ihuriro ry’abarimu muri Kivu y’Amajyepfo, yatangaje ko “iri huriro ryababajwe cyane n’ubujura bwateguwe bwarigishije imishahara y’abarimu mu mujyi wa Kamituga no mu nkengero zayo ku wa 31 Ukuboza.”

Yasabye ingabo na Polisi bya RDC kugira icyo bikora, kubera ko ubu bujura bumaze kuba inshuro nyinshi.

TAGGED:AbarimufeaturedImishaharaRDC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Ndayishimiye Yasabiye u Rwanda Umugisha
Next Article Vital Kamerhe Wari Uherutse Gufungurwa ‘Yavuye’ Mu Gihugu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ikoranabuhanga

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?