Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana avuga ko hari Umushingwa w’Itegeko Minisiteri ayoboye yagejeje ku Nteko ishinga amategeko wo kureba niba abarimu bahembwa macye batasonerwa umusoro,...
Nyuma y’uko hasinywe amasezerano y’ubufatanye mu by’uburezi hagati ya Minisiteri z’uburezi hagati y’u Rwanda na Zimbabwe, ubuyobozi bwa Zimbabwe bugiye kohereza mu Rwanda abarimu 500 bo...
Abarimu bo mu gace ka Kamituga muri teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Epfo bakomeje imyigaragambyo, basaba inzego z’ubuyobozi kubafasha kubona imishahara yabo yibiwe mu...
Icyifuzo Perezida Kagame yagejeje ku bashoramari bo muri Zimbabwe mu minsi micye ishize cy’uko bamwe muri bo bashobora kuzabona isoko ryo kwigisha abarimu b’u Rwanda Icyongereza...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe abarimu ku isi, abo muri Zimbabwe bavuze ko n’ubwo iwabo babayeho nabi, ariko byibura hari inkuru nziza y’uko Leta y’u Rwanda...