Umunyeshuri w’imyaka 19 y’amavuko yabwiye abagenzacyaha ibyago yaboneye ku barimu batanu bafatanyije n’umurinzi w’ikigo bakamukubita bakamumena ubugabo. Byabereye mu kigo cy’amashuri kitwa Nyabisia Secondary School cy’ahitwa...
Kaminuza Nyafurika yigisha imibare na siyansi yitwa African Institute of Mathematical Sciences, ishami ry’u Rwanda, yahembwe abarimu 94 bahize abandi mu myigishirize ya science n’ikoranabuhanga. Muri...
Hashize igihe gito Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya abwiye Taarifa ko hari abarimu bahitamo kutigisha amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Bamwe muri bo babwiye itangazamakuru ko...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko bifuza ko ingengo y’imari yari yatowe n’Abadepite ingana na miliyari Frw 4,658.4 ,...
Mu Ntara ya Ntungamo haravugwa inkuru y’abarimu batatu bamaze kwiyahura mu minsi 14. Babiri bigishaga mu Mashuri abanza kandi yigenga mu gihe undi ari uwo mu...