Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imishinga Yo Kubaka Cabo Delgado Igiye Gutangira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Imishinga Yo Kubaka Cabo Delgado Igiye Gutangira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 August 2021 9:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Banki y’Isi yatangije umushinga wo kubaka inganda mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique iherutse kubohorwa n’ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique.  Uyu mushinga wiswe ‘Industrialize Mozambique’

Iriya Ntara yari imaze imyaka myinshi yarabaye icyicaro cy’umutwe w’abarwanyi ba Islamic State, ishami rya Mozambique.

Imishinga yo guteza imbere iriya Ntara izajyanirana no guteza imbere indi Ntara yitwa Niassa.

Iby’uko biriya bice bigiye gushyirwamo ibikorwa by’iterambere byatangajwe na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Bwana Carlos Mesquita ubwo yari yasuye uruganda rwa Coca Cola ruri ahitwa Matola-Gare.

Umurwa wa Cabo Delgado ni Mocimboa da Praia nawo uratekanye

Carlos Mesquita avuga ko hagiye gushyirwaho itsinda ry’abahanga bagomba kwiga uko imishinga y’iterambere ishingiye ku buhinzi n’inganda yatangira kwigwa, hakitabwaho izafasha abaturage kwivana mu bukene mu gihe kitarambiranye.

Ikindi ngo ni uko mu gukora imishinga, izitabwaho ku ikubitiro ari ugufasha ubuhinzi n’ubworozi kgira ngo abaturage basubijwe mu byabo batazicwa n’inzara.

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda,  Carlos Mesquita ubwo yasuraga uruganda rwa Coca Cola ruri ahitwa Matola-Gare.

Ikinyamakuru Noticias kivuga ko Leta ya Mozambique yiteguye gukora amavugurura mu mategeko yayo kugira ngo abaturage bazakore akazi kabo nta ntugunda kandi bagakorere mu gihugu gikurikiza amategeko.

TAGGED:featuredIngaboIterambereMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage Barya Kimwe Mu Binyabutabire Byarutswe Na Nyiragongo
Next Article Ibihano Biremereye By’Abatalibani Byatangiriye Ku Bajura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?