Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imishinga Yo Kubaka Cabo Delgado Igiye Gutangira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Imishinga Yo Kubaka Cabo Delgado Igiye Gutangira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 August 2021 9:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Banki y’Isi yatangije umushinga wo kubaka inganda mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique iherutse kubohorwa n’ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique.  Uyu mushinga wiswe ‘Industrialize Mozambique’

Iriya Ntara yari imaze imyaka myinshi yarabaye icyicaro cy’umutwe w’abarwanyi ba Islamic State, ishami rya Mozambique.

Imishinga yo guteza imbere iriya Ntara izajyanirana no guteza imbere indi Ntara yitwa Niassa.

Iby’uko biriya bice bigiye gushyirwamo ibikorwa by’iterambere byatangajwe na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Bwana Carlos Mesquita ubwo yari yasuye uruganda rwa Coca Cola ruri ahitwa Matola-Gare.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Umurwa wa Cabo Delgado ni Mocimboa da Praia nawo uratekanye

Carlos Mesquita avuga ko hagiye gushyirwaho itsinda ry’abahanga bagomba kwiga uko imishinga y’iterambere ishingiye ku buhinzi n’inganda yatangira kwigwa, hakitabwaho izafasha abaturage kwivana mu bukene mu gihe kitarambiranye.

Ikindi ngo ni uko mu gukora imishinga, izitabwaho ku ikubitiro ari ugufasha ubuhinzi n’ubworozi kgira ngo abaturage basubijwe mu byabo batazicwa n’inzara.

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda,  Carlos Mesquita ubwo yasuraga uruganda rwa Coca Cola ruri ahitwa Matola-Gare.

Ikinyamakuru Noticias kivuga ko Leta ya Mozambique yiteguye gukora amavugurura mu mategeko yayo kugira ngo abaturage bazakore akazi kabo nta ntugunda kandi bagakorere mu gihugu gikurikiza amategeko.

TAGGED:featuredIngaboIterambereMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage Barya Kimwe Mu Binyabutabire Byarutswe Na Nyiragongo
Next Article Ibihano Biremereye By’Abatalibani Byatangiriye Ku Bajura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?