Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imishinga Yo Kubaka Cabo Delgado Igiye Gutangira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Imishinga Yo Kubaka Cabo Delgado Igiye Gutangira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 August 2021 9:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Banki y’Isi yatangije umushinga wo kubaka inganda mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique iherutse kubohorwa n’ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique.  Uyu mushinga wiswe ‘Industrialize Mozambique’

Iriya Ntara yari imaze imyaka myinshi yarabaye icyicaro cy’umutwe w’abarwanyi ba Islamic State, ishami rya Mozambique.

Imishinga yo guteza imbere iriya Ntara izajyanirana no guteza imbere indi Ntara yitwa Niassa.

Iby’uko biriya bice bigiye gushyirwamo ibikorwa by’iterambere byatangajwe na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Bwana Carlos Mesquita ubwo yari yasuye uruganda rwa Coca Cola ruri ahitwa Matola-Gare.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Umurwa wa Cabo Delgado ni Mocimboa da Praia nawo uratekanye

Carlos Mesquita avuga ko hagiye gushyirwaho itsinda ry’abahanga bagomba kwiga uko imishinga y’iterambere ishingiye ku buhinzi n’inganda yatangira kwigwa, hakitabwaho izafasha abaturage kwivana mu bukene mu gihe kitarambiranye.

Ikindi ngo ni uko mu gukora imishinga, izitabwaho ku ikubitiro ari ugufasha ubuhinzi n’ubworozi kgira ngo abaturage basubijwe mu byabo batazicwa n’inzara.

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda,  Carlos Mesquita ubwo yasuraga uruganda rwa Coca Cola ruri ahitwa Matola-Gare.

Ikinyamakuru Noticias kivuga ko Leta ya Mozambique yiteguye gukora amavugurura mu mategeko yayo kugira ngo abaturage bazakore akazi kabo nta ntugunda kandi bagakorere mu gihugu gikurikiza amategeko.

TAGGED:featuredIngaboIterambereMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage Barya Kimwe Mu Binyabutabire Byarutswe Na Nyiragongo
Next Article Ibihano Biremereye By’Abatalibani Byatangiriye Ku Bajura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?