Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ImpanukaY’Indege Yahitanye Abantu 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

ImpanukaY’Indege Yahitanye Abantu 40

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2023 10:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare y’agateganyo ivuga ko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko  bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye muri Nepal.

Iriya ndege yari irimo abantu 72, ikaba yavaga muri Nepal rwagati ijya Pokhara hamwe mu hantu h’ubukerarugendo muri kiriya gihugu.

Impanuka y’iyi ndege yabaye ubwo yajyaga kugwa.

Mu bantu 72 bari bayirimo abagera kuri 15 bari abanyamahanga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abasirikare ba Nepal bari gukora uko bashoboye ngo batabare abo basanze bakiri bazima.

Icyakora hari impungenge ko abarokotse  ari bake kuko indege yangiritse cyane.

Umuvugizi w’Ingabo za Nepal avuga ko abasirikare bari gukora uko bashoboye ngo barokore benshi ariko uko igihe gitambuka ni ko amahirwe yo gusanga hari  abagihumeka agabanuka.

Minisitiri w’Intebe wa Nepal witwa  Pushpa Kamal Dahal  yahise atumiza inama y’Abaminisitiri igitaraganya kandi asaba inzego zose gukorana kugira ngo batabare bariya bantu uko bishoboka kose.

Bivugwa ko mu bantu bari bari muri iriya ndege, abagera kuri 53 ari abanya Nepal.

- Advertisement -

Abandi ni abo mu Buhinde, u Burusiya, Koreya y’Epfo, Ireland, Australia Argentine n’u Bufaransa.

Nepal ni igihugu gito kiri mu Majyaruguru y’u Buhinde

 

TAGGED:featuredImpanukaIndegeIngaboNepal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Leta Irashaka Kugura Imodoka ‘Nshya’ Z’Umukuru W’Igihugu
Next Article Urukiko Rwatesheje Agaciro Ibyaregwaga Abaganga B’Ibitaro BAHO International
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?