Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imvura Yatumye Umukino Wa Gasogi United Na APR FC Usubikwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Imvura Yatumye Umukino Wa Gasogi United Na APR FC Usubikwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 October 2024 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Umukino waje guhagarara kubera imvura nyinshi(Ifoto@UMUSEKE.RW)
SHARE

Ahagana saa moya n’igice y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu, taliki 19, Ukwakira, 2024, imvura iremereye yaraye itumye umukino wahuzaga APR FC na Gasogi United usubikwa.

Uyu mukino ariko wari watangiye utinze kubera ko moteri icanira Kigali Pelé Stadium yari yanze kwaka.

Iyi mashini kandi ntiramara igihe kirekire iguzwe ngo ijye imurikira iyi stade nayo itaramara imyaka ine.

Nyuma y’uko umukino utangiye imvura yarushagaho kuba nyinshi kugeza ubwo amazi yirekaga mu kibuga.

Ubwinshi bw’amazi bwatumye umusifuzi ategeka ko abakinnyi bava mu kibuga kuko amazi yari yamaze kuba menshi.

Icyakora mbere y’uko umupira uhagarikwa, abasifuzi ndetse na ba kapiteni b’amakipe yombi bafashe ballon bazenguruka ikibuga bagerageza kudunda umupira ngo barebe ko wakomeza gukinwa.

Bamaze kubona ko utidunda, banzuye ko umukino uhagarara.

Ni icyemezo cyafashwe na Komiseri w’uyu mukino.

Uyu mukino ugomba gusubirwamo bitarenze amasaha 24, nk’uko ingingo ya 38 y’amategeko agenga amarushanwa ya FERWAFA abiteganya.

Wabaye uje ukurikira undi wari wabaye saa cyenda wahuje  Rayon Sports na Bugesera FC urangira Rayon iyitsinze bibiri ku busa.

TAGGED:APRFCGasogiIkipeRayonUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yibukije Ba Minisitiri Bashya Akamaro Ka Minisiteri Bashinzwe
Next Article Haribazwa Uwatangaje Inyandiko Z’Uko Israel Izatera Iran
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

IBUKA Ivuga Ko Muri Huye Hamaze Kuboneka Imibiri 301 Mu Mezi Ane

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Menya Itegeko Ryavuguruwe Ry’Umutungo Bwite Mu By’Ubwenge Rikurikizwa Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Ibyinshi Mu Byaranze Amateka Y’u Rwanda Bibitswe N’Abarukolonije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?