Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imyigaragambyo Muri Senegal Ikomeje Kugwamo Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Imyigaragambyo Muri Senegal Ikomeje Kugwamo Abaturage

Last updated: 07 March 2021 10:30 pm
Share
SHARE

Umusore wigaga muri Kaminuza yabaye umuntu wa gatanu waguye mu myigaragambyo imaze iminsi yamagana ifatwa rya Ousmane Sonko utavuga rumwe na Leta ya Senegal.

Yaguye mu myigaragambyo yabaye kuri uyu wa Gatandatu, yabereye ahitwa Diaobé.

Abigaragambyaga bashakaga gutwika imwe mu nyubako za Leta ziri muri kariya gace.

Ku wa Gatanu Sonko yari yitabye urukiko ashinjwa guteza imidugararo mu baturage no gufata abagore ku ngufu.

We arabihakana akavuga ko ashinjwa ibinyoma kubera impamvu za politiki.

Ku wa Gatanu kandi Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Antoine Felix Abdoulaye Diome yavuze ko Leta ‘igiye gukora uko ishoboye’ ikagarura umutuzo mu baturage.

BBC yanditse ko Ihuriro ry’abatavuga rumwe na Leta ryitwa Movement to Defend Democracy (M2D), ryatangaje ko hari imyigaragambyo ikomeye izatangira kuri uyu wa Mbere kugeza ku wa Gatatu.

Umuryango w’ubukungu bw’ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba, ECOWAS, wamaganye ibiri kubera i Dakar n’ahandi muri Senegal.

TAGGED:Senegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yagiranye Ibiganiro Na Mushikiwabo Na Charles Michel
Next Article Abagiye Kurushinga Bagiye Kujya Bahugurwa Mu Mezi Atandatu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?