Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imyigaragambyo Muri Senegal Ikomeje Kugwamo Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Imyigaragambyo Muri Senegal Ikomeje Kugwamo Abaturage

admin
Last updated: 07 March 2021 10:30 pm
admin
Share
SHARE

Umusore wigaga muri Kaminuza yabaye umuntu wa gatanu waguye mu myigaragambyo imaze iminsi yamagana ifatwa rya Ousmane Sonko utavuga rumwe na Leta ya Senegal.

Yaguye mu myigaragambyo yabaye kuri uyu wa Gatandatu, yabereye ahitwa Diaobé.

Abigaragambyaga bashakaga gutwika imwe mu nyubako za Leta ziri muri kariya gace.

Ku wa Gatanu Sonko yari yitabye urukiko ashinjwa guteza imidugararo mu baturage no gufata abagore ku ngufu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

We arabihakana akavuga ko ashinjwa ibinyoma kubera impamvu za politiki.

Ku wa Gatanu kandi Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Antoine Felix Abdoulaye Diome yavuze ko Leta ‘igiye gukora uko ishoboye’ ikagarura umutuzo mu baturage.

BBC yanditse ko Ihuriro ry’abatavuga rumwe na Leta ryitwa Movement to Defend Democracy (M2D), ryatangaje ko hari imyigaragambyo ikomeye izatangira kuri uyu wa Mbere kugeza ku wa Gatatu.

Umuryango w’ubukungu bw’ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba, ECOWAS, wamaganye ibiri kubera i Dakar n’ahandi muri Senegal.

TAGGED:Senegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yagiranye Ibiganiro Na Mushikiwabo Na Charles Michel
Next Article Abagiye Kurushinga Bagiye Kujya Bahugurwa Mu Mezi Atandatu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?