Perezida Kagame yabwiye abandi banyacyubahiro bitabiriye inama igamije kureba uko ibikorwaremezo byarushaho kubakwa muri Afurika ko nibashaka kuba nyamwigendaho nta kintu kinini kizagerwaho. Avuga ko kugira...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Gashyantare, 2023 mu masaha y’umugoroba nibwo Perezida Paul Kagame yari ageze i Dakar muri Senegal. Yitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku...
Amarira ni menshi mu bice bitandukanye bya Senegal nyuma y’uko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka ya bisi ziherutse kugongana. Zimwe mu mpamvu...
I Banjul mu Murwa mukuru wa Gambia ubwoba ntiburashira mu baturage nyuma y’uko ku wa 21, Ukuboza, 2022 haburijwemo Coup d’état. Hagati aho hari abasirikare batawe...
I Banjul mu Murwa mukuru wa Gambia ibintu ntibirasobanuka nyuma y’uko ubutegetsi butangaje ko haburijwemo umugambi wo guhirika Perezida Adama Barrow. Nta muntu uratungwa agatoki ko...