Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inama y’Abashoramari Bo Muri Commonwealth Izabera i Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Inama y’Abashoramari Bo Muri Commonwealth Izabera i Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 January 2021 2:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi ba Commonwealth hamwe na Guverinoma y’u Rwanda bemeje ko tariki 22, kugeza 24, Gicurasi, 2021 mu Rwanda hazabera inama y’abashoramari bo mu muryango wa Commonwealth.

Insanganyamatsiko igira iti: “ Gusubizaho imikorere ya Commonwealth.”

Iriya nama yiswe Commonwealth Business Forum ihuza abakora ubucuruzi mu bihugu bigize ririya huriro, ikazaganirirwamo uko ubucuruzi bwasubizwa mu buryo, binyuze mu bufatanye hagati ya Leta n’abikorera.

U Rwanda kandi ruzahabwa umwanya wo kuyobora Commonwealth mu gihe cy’imyaka ibiri, rusimbuye u Bwongereza.

Ubuyobozi bw’u Rwanda kandi bwishimiye ko ruzaba rubaye urwa mbere rwakiriye inama ikomeye kuri ruriya rwego kuva icyorezo COVID-19 cyaduka mu isi.

Inama y’abacuruzi muri Commonwealth( CBF) izategurwa ku bufatanye na Rwanda Development Board hamwe n’Inama Nkuru igenga ishoramari muri Commonwealth.

TAGGED:ComonwealthfeaturedRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uruzinduko Minisitiri Biruta Ari Mo Muri Angola Rugamije Iki?
Next Article Nta Shyari Ryiza Ribaho Ahubwo Habaho Ishyaka – Tom Close
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera: Abagabo 12 Barakekwaho Gushimuta Inka Mu Minsi Mikuru  

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Urutonde Rw’Ibyo Trump Asaba Umuyobozi Mushya Wa Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

You Might Also Like

Ubukungu

Gusura Ingagi Umunyarwanda Azishyura $200, Mu Zindi Pariki Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yashimiye Doumbouya Watorewe Kuyobora Guinée

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ifatwa Rya Maduro Ryatumye Igiciro Cya Zahahu N’ifeza Kizamuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?