Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inama y’Abashoramari Bo Muri Commonwealth Izabera i Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Inama y’Abashoramari Bo Muri Commonwealth Izabera i Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 January 2021 2:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi ba Commonwealth hamwe na Guverinoma y’u Rwanda bemeje ko tariki 22, kugeza 24, Gicurasi, 2021 mu Rwanda hazabera inama y’abashoramari bo mu muryango wa Commonwealth.

Insanganyamatsiko igira iti: “ Gusubizaho imikorere ya Commonwealth.”

Iriya nama yiswe Commonwealth Business Forum ihuza abakora ubucuruzi mu bihugu bigize ririya huriro, ikazaganirirwamo uko ubucuruzi bwasubizwa mu buryo, binyuze mu bufatanye hagati ya Leta n’abikorera.

U Rwanda kandi ruzahabwa umwanya wo kuyobora Commonwealth mu gihe cy’imyaka ibiri, rusimbuye u Bwongereza.

Ubuyobozi bw’u Rwanda kandi bwishimiye ko ruzaba rubaye urwa mbere rwakiriye inama ikomeye kuri ruriya rwego kuva icyorezo COVID-19 cyaduka mu isi.

Inama y’abacuruzi muri Commonwealth( CBF) izategurwa ku bufatanye na Rwanda Development Board hamwe n’Inama Nkuru igenga ishoramari muri Commonwealth.

TAGGED:ComonwealthfeaturedRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uruzinduko Minisitiri Biruta Ari Mo Muri Angola Rugamije Iki?
Next Article Nta Shyari Ryiza Ribaho Ahubwo Habaho Ishyaka – Tom Close
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?