Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inama Y’Umushyikirano 2024 Izibanda Cyane Ku Bumwe Bw’Abanyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inama Y’Umushyikirano 2024 Izibanda Cyane Ku Bumwe Bw’Abanyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2024 8:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hagati y’italiki 23 n’italiki 24, Mutarama, 2024 nibwo mu Mujyi wa Kigali hazateranira Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izaba ibaye ku nshuro ya 19. Uretse gusuzuma aho iterambere rigeze mu baturage, hazanarebwa uko ubumwe mu Banyarwanda buhagaze n’icyakorwa ngo bukomeze gutezwa imbere.

Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rivuga kandi ko muri iyi Nama y’igihugu y’Umushyikirano hazigwa uko urubyiruko rwakomeza kubakirwa ubushobozi kugira ngo rukomeze kugira uruhare mu bibera mu gihugu.

Ingingo ya 168 y’Itegeko Nshinga ry’u Rwanda niyo iteganya Inama y’igihugu y’Umushyikirano.

Ni inama ihuza abayobozi b’igihugu, abahagarariye sosiyete sivile, abanyamahanga baba mu Rwanda n’inshuti zarwo zitumirwa hirya no hino ku isi bikozwe na Perezida wa Repubulika.

Abadashoboye kuwitabira mu buryo bw’imbonankubone, bawukurikiranira kuri radio cyangwa televiziyo ndetse no ku mbuga nkoranyambaga.

Bahabwa n’uburyo bwo kubaza ibibazo no gutanga ibitekerezo ku ngingo ziba ziganirwaho.

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano igiye kuba ku nshuro ya 19 izanarebera hamwe aho gahunda y’imyaka irindwi igamije iterambere rirambye igeze, iyo ikaba ari iyo National Strategy for Transformation( NST1) yatangiye mu mwaka wa 2017 ikarangira mu mwaka wa 2024.

Izaba kandi uburyo bwo kureba  uko Abanyarwanda biyubatse mu myaka 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe.

Umushyikirano w’umwaka wa 2023 wabaye muri Gashyantare, 2023.

TAGGED:AbaturageAbayobozifeaturedInamaJenosideUmushyikirano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburundi Bwafunze Abanyarwanda Barenga 50
Next Article Intiti Y’Umunyarwanda Yahawe Inshingano Muri OMS/WHO
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?