Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indashyikirwa Muri Basket Ku Isi Mutombo Dikembe Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu mahanga

Indashyikirwa Muri Basket Ku Isi Mutombo Dikembe Yapfuye

admin
Last updated: 06 October 2024 9:20 am
admin
Share
SHARE

Dikembe Mutombo wabaye indashyikirwa muri Basketball igihe kirekire yaraye aguye kwa mu muganga azize cancer yo m bwonko.

Yapfuye akiri muto kuko yari afite imyaka 58.

NBA yatangaje ko Mutombo Dikembe yari amaze igihe avurirwa mu bitaro by’i Atlanta muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Ni amakuru yahawe n’abo mu muryango we bamubaye hafi mu bitaro kugeza atabarutse.

Kubera ibigwi bye, Mutombo Dikembe yari yarahawe igihembo kimushyira mu ndashyakirwa muri uyu mukino mu bagize icyitwa Hall of Fame.

Adam Silver uyobora NBA yavuze ko Dikembe yari umuntu udasanzwe kuko mu kibuga yari umukinnyi mwiza ushinzwe guhagarika imipira ngo itajya mu  ncundura, ariko akaba n’umuntu ukunda gufasha abandi mu buzima busanzwe.

Dikembe Mutombo Mpolondo Mukamba Jean-Jacques Wamutombo ni Umunyamerika ukomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Yabaye umukinnyi mwiza wa Basketball kandi aho agiriye mu kiruhuko cy’izabukuru yakomeje kuba Ambasaderi wa NBA ndetse yigeze no kuza mu Rwanda gutangiza NBA Academy mu myaka mike ishize.

Dikembe Mutombo yahagaritse imipira 3,289 abo bari bahanganye bashakaga kwinjiza mu ncundura, ndetse abikora muri shampiyona 18 za NBA.

Yakiniye amakipe akomeye arimo Denver Nuggets, Atlanta Hawks, Philadelphia 76ers yahoze yitwa New Jersey Nets, New York Knicks na Houston Rockets ari nayo yavuyemo ajya mu kiruhuko cy’izabukuru mu mwaka wa 2009.

TAGGED:BasketCancerDikembefeaturedMutomboNBARwandaUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Yatangije Intambara Yo Ku Butaka Muri Lebanon
Next Article Uganda Yabonye Ibikoresho Bya Mbere Byo Kubaka Umuyoboro Wa Petelori
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?