Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indege Ya Mbere Ya RwandAir Itwara Imizigo Gusa Yageze I Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Indege Ya Mbere Ya RwandAir Itwara Imizigo Gusa Yageze I Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 November 2022 9:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hashize igihe gito Minisitiri w’ibikorwa remezo Dr. Ernest Nsengimana atangaje ko u Rwanda rwaguze indege nini igenewe gutwara imizigo gusa. Ubu yageze i Kigali.

RwandAir yatangarije kuri Twitter ko indege u Rwanda rwaguze ari iyo mu bwoko bwa B737-800SF.

Iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing ishobira ibisanduku( containers) 11 bya rutura birimo ibicuruzwa.

Today, we took delivery of our first dedicated cargo aircraft, #B737-800SF as we expand our fleet.#FlyTheDreamOfAfrica #FlySafeWithUs #RwandAirCargo pic.twitter.com/2NmLQpSxXn

— RwandAir (@FlyRwandAir) November 24, 2022

Iri mu ndege zizwiho gutwara ibicuruzwa mu buryo butekanye kurusha izindi kugeza ubu.

Mu ntangiriro z’uko kwezi Minisitiri Nsengimana yari yavuze ko iriya ndege izaza kunganira izindi zari zisanzwe zitwara imizigo ariko zigatwara n’abagenzi.

Umwihariko wayo  ni uko nta mugenzi uzaba uyirimo.

Iyi ndege  ije gufasha abacuruza ibintu bitandukanye birimo n’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi kujya biva cyangwa bigezwa mu Rwanda bidahungabanye.

Ubucuruzi Bw’u Rwanda Mu Bushinwa Bwatitije Ibirwa Bya Maurice

TAGGED:ImizigoIndegeNsabimanaRwandAir
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igice Cy’Umuhanda Ku Kiraro Cya Nyabarongo ‘Cyagize’ Ikibazo
Next Article Abacuruzi B’I Muhanga Baravugwaho Umwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?