Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indi Operation Ya RIB Yo Gufata Abiba Telefoni Yatanze Umusaruro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Indi Operation Ya RIB Yo Gufata Abiba Telefoni Yatanze Umusaruro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2024 8:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rweretse itangazamakuru abasore ruvuga ko rwabafatanye telefoni bibaga abaturage. Ni abasore batanu kandi ubona ko bakiri bato.

Iyi operation ije ari iya kabiri nyuma y’uko mu minsi yatambutse nabwo hari izindi telefoni Ubugenzacyaha bweretse itangazamakuru buvuga ko bwazifatanye abantu bazibaga bazishikuza abaturage.

Haba muri operation yabanje haba no muri iyi iheruka, biagaragara ko abenshi mu bafatwa bibye ibi bikoresho by’ikoranabuhanga baba ari abakiri bato kandi ubona ko basa neza.

Abafashwe ni abasore bakiri bato

Mu bibwe nabo usanga harimo abantu basobanutse, ndetse barimo n’abanyamahanga nk’uko bigaragara mu bari baje guhabwa telefoni zabo kuri uyuwa Kane taliki 06, Kamena, 2024.

Ubugenzacyaha busaba abaturage kumenya gucungira umutekano ibikoresho byabo by’ikoranabuhanga, bakibuka ko nyiri ikintu ari we ugomba kukirinda mbere y’undi uwo ari we wese.

Umuvugizi w’uru rwego Dr. Thierry B. Murangira ahora yibutsa abantu guhora bazirikana imibare cyangwa inyuguti ziranga icyuma runaka cy’ikoranabuhanga( passwords cyangwa iCoud number ya za iPhones) kugira ngo bazabone uko baza kubitangira ibirego na RIB ibone aho ihera ibishakisha.

Abaturage basabwa kumenya kurinda ibyuma byabo by’ikoranabuhanga
TAGGED:AbajuraMurangiraRIBtelefoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Uruganda Rutunganya Amata Rwuzuye
Next Article U Rwanda Rwafunguye Ambasade Muri Indonesia
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?