Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indi Operation Ya RIB Yo Gufata Abiba Telefoni Yatanze Umusaruro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Indi Operation Ya RIB Yo Gufata Abiba Telefoni Yatanze Umusaruro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2024 8:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rweretse itangazamakuru abasore ruvuga ko rwabafatanye telefoni bibaga abaturage. Ni abasore batanu kandi ubona ko bakiri bato.

Iyi operation ije ari iya kabiri nyuma y’uko mu minsi yatambutse nabwo hari izindi telefoni Ubugenzacyaha bweretse itangazamakuru buvuga ko bwazifatanye abantu bazibaga bazishikuza abaturage.

Haba muri operation yabanje haba no muri iyi iheruka, biagaragara ko abenshi mu bafatwa bibye ibi bikoresho by’ikoranabuhanga baba ari abakiri bato kandi ubona ko basa neza.

Abafashwe ni abasore bakiri bato

Mu bibwe nabo usanga harimo abantu basobanutse, ndetse barimo n’abanyamahanga nk’uko bigaragara mu bari baje guhabwa telefoni zabo kuri uyuwa Kane taliki 06, Kamena, 2024.

Ubugenzacyaha busaba abaturage kumenya gucungira umutekano ibikoresho byabo by’ikoranabuhanga, bakibuka ko nyiri ikintu ari we ugomba kukirinda mbere y’undi uwo ari we wese.

Umuvugizi w’uru rwego Dr. Thierry B. Murangira ahora yibutsa abantu guhora bazirikana imibare cyangwa inyuguti ziranga icyuma runaka cy’ikoranabuhanga( passwords cyangwa iCoud number ya za iPhones) kugira ngo bazabone uko baza kubitangira ibirego na RIB ibone aho ihera ibishakisha.

Abaturage basabwa kumenya kurinda ibyuma byabo by’ikoranabuhanga
TAGGED:AbajuraMurangiraRIBtelefoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Uruganda Rutunganya Amata Rwuzuye
Next Article U Rwanda Rwafunguye Ambasade Muri Indonesia
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?