Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indorerezi Za EAC Zangiwe Kujya Mu Matora Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Indorerezi Za EAC Zangiwe Kujya Mu Matora Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2023 10:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa EAC bwatangaje ko nta ndororerezi y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba yemerewe kujya kugenzura amatora y’Umukuru w’igihugu azabamuri DRC kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Ukuboza, 2023.

Impamvu ni uko nta rwego rwo muri DRC rwigeze rwemeza ubusabe bw’uko izo ndorerezi  zemerewe kujyayo none bigeze ku munsi ubanziriza amatora nyirizina.

Byari bisanzwe byemewe ko indorererezi z’uyu muryango zijya kureba uko amatora abera muri kimwe mu bihugu biwugize agenda ariko bigakorwa ku cyemezo cy’icyo gihugu.

N’ubwo ari uko bimeze, Ubunyamabanga bukuru bwa EAC bwifurije abaturage ba DRC kuzagira amatora aciye mu mujyo kandi  ibizakurikira amatora bizarangwe n’amahoro n’ubwumvikane.

Hashize igihe ubuyobozi bwa DRC buvuga ko hari ubushake bw’uko yazivana muri EAC.

Icyakora ibi ntibirashoboka kugeza ubu.

TAGGED:AmahangaAmatoraDRCEAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sosthène Munyemana Ukekwaho Jenoside Yasabiwe Gufungwa Imyaka 30
Next Article Kurandura Ihohotera Bisaba Kubanza Kumva Neza Icyo Ari Cyo- DIGP Ujeneza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?