Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indwara Ya Macinya Iri Guca Ibintu Muri Cameroun
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Indwara Ya Macinya Iri Guca Ibintu Muri Cameroun

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2022 3:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego z’ubuzima za Cameroun zifatanyije n’iz’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye zatangaje hari Intara za Cameroun zugarijwe n’indwara ya macinya myambi( chorela) ikaba imaze kwica abantu 34.

Kugeza ubu hamaze kubarurwa abandi bantu 1,055 banduye iriya ndwara.

Macinya myambi ni indwara ifata mu mara iterwa n’agakoko ko mu bwoko bwa bacteria kitwa Vibrio cholerae bacteria.

Iterwa n’uko umuntu yariye yangwa yanyoye ibintu byandujwe na kariya gakoko.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

N’ubwo ari indwara ishobora kuvurwa igakira, ariko hari ubwo ihitana uwayanduye cyane cyane abana.

Uyirwaye atakaza amazi mu mubiri kubera kujya ku musarane kenshi kandi akituma umwanda urimo amazi menshi.

Tugarutse kuri iki kibazo muri Cameroun,  igice kibasiwe n’iyi ndwara ni ikitwa Littoral kiri mu Mujyi wa Douala.

Aba mbere bagaragaye ho ubu burwayi bagaragaye mu ntangiriro za Mutarama, 2022.

Ikinyamakuru kitwa News.cn kivuga ko Minisitiri w’ubuzima muri Cameroun witwa  Malachie Manaouda aherutse kuvuga ko kugira isuku uhagije ari wo muvuno mwiza wo kwirinda kwandura iriya ndwara.

- Advertisement -
Agakoko gatera cholera iyo ukarebeye mu cyuma bita microscope

Yasabye abaturage bo mu bice byagaragayemo abarwayi kuzajya babivuga hakiri kare, kandi bakihutira kujya kwa muganga batarazahara.

TAGGED:CamerounIndwaraMacinyaUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Joe Ritchie: Indi Nshuti y’u Rwanda Yitabye Imana
Next Article Ingabo 10,000 Z’u Burusiya Zageze Muri Ukraine Mu Gihe Cy’Amasaha 12
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?