Mu Burundi hari ikibazo cy’uko muri iki gihugu ‘batagira ibyuma’ bisuzuma indwara ndetse ngo icyuma kimwe kitwa scanner nicyo gikora mu gihugu hose. Kiba mu bitaro...
Ishyirahamwe ry’umuryango mpuzamahanga utabara imbabare ku isi, International Federation of the Red Cross, ryemeza ko isi ititeguye ‘bihagije’ kuzahangana n’ikindi cyorezo kubera ko ku rwego rw’isi...
Dr.Jean Claude Semuto Ngabonziza ni Umyunyarwanda w’imyaka 40 y’amavuko. Aherutse kuvumbura ubwoko butari buzwi bw’agakoko gatera igituntu kandi avumbura n’uburyo bwo kukarwanya. Ni ibintu avuga ko...
Ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Koreya ya ruguru witwa Pyongyang bwategetse abaturage kuguma mu ngo zabo mu gihe cy’iminsi itanu(5)birinda kwanduzanya indwara ‘yandurira mu buhumekero.’ Nta zina...
Jane Uwimana umwe mu bari gukurikiranira hafi ubuzima bw’umuhanzi w’umukambwe Abdul Makanyaga avuga ko uyu mugabo ari gutora akabaraga. Mu masaha make ashize hari urubuga nkoranyambaga...