Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za DRC Zatangiye Kuva Muri Uvira Zihungira Kalemie
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za DRC Zatangiye Kuva Muri Uvira Zihungira Kalemie

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2025 4:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mujyi wa Uvira ibintu biri gufata indi sura nyuma y’uko abasirikare ba DRC batangiye kuhava berekeza mu Mujyi wa Kalemie.

Abenshi mu basirikare b’iki gihugu bari kugana ahari ubwato ngo bambuke bagana muri Kalemie, bakuremo akarenge M23  itarabageraho.

M23 ikomeje kotsa igitutu izo ngabo zifatanyije n’iz’Uburundi kandi izi ngabo zari zaraburiwe n’abarwanyi ba M23 ko zishatse zataha mu Burundi hakiri kare.

Icyakora Umuvugizi wazo ku rwego rw’igihugu yavuze ko ingabo z’Uburundi zitava muri Kivu y’Amajyepfo nubwo ziri gushyirwaho igitutu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri iki gihe ubwo ingabo za DRC ziri kuva muri Uvira, hari kwibazwa niba iz’Uburundi zizabasha gukoma imbere abarwanyi ba M23 bariye karungu.

Kutagira ibikoresho no kuba hari benshi muri bo batarahembwa umushahara w’amezi menshi biri mubyongerera ingabo z’Uburundi gucika intege.

Indi ngingo ishobora kuba ica intege aba basirikare ni uko na bagenzi babo bapfiriye mu ntambara barwana na M23 ubutegetsi bw’Uburundi butigeze bubibahera icyubahiro ngo bashyingurwe nk’intwari.

Kuba Kamanyola yaraye ifashwe byatumye abantu babona ko na Uvira nayo itari butere kabiri idafashwe.

Ikindi kivugwa muri kariya gace ni uko hari imfungwa nyinshi zasohotse muri gereza ya Uvira, zihabwa uburyo bwo kwidegembya, bikaba ikimenyetso cy’uko abo nabo bashobora kwifatanya na AFC/M23 mu kurwanya ubutegetsi bwari bwarabafunze.

- Advertisement -
TAGGED:AFC/M23featuredIngaboKalemieKurwanaUmutekanoUvira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Polisi Yafashe Ukekwaho Kwiba Akoresheje Imfunguzo Yacurishije
Next Article Igitutu Cya M23 Cyatumye Tshisekedi Ajya Kuganira Na Ruto Uyobora EAC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?