Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Congo Zirukanye Inyeshyamba Mu Duce Twa Ituri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Congo Zirukanye Inyeshyamba Mu Duce Twa Ituri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 May 2021 12:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri iki Cyumweru tariki 02, Gicurasi, 2021 ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Kongo zakije umuriro ku barwanyi bo mu mutwe witwa FPIC n’uwa FRPi yari isanzwe yarigaruriye ahitwa Irumu mu bilometero 47 uturutse i Bunia mu Ntara ya Ituri.

Ingabo za Congo kandi zakubise inshuro abandi barwanyi bari mu kandi gace kitwa  Nyakunde gaherereye hafi aho.

Bariya barwanyi bari barigaruriye ibitaro byo muri Nyakunde, Irumu n’ahandi.

Amakuru atangwa ingabo za DRC avuga ko zishe abarwanyi 13, zifata abandi 14.

Nta makuru atangazwa n’urundi ruhande aramenyekana.

Uru rugamba rwaraye ruhinanye muri kariya gace ruje nyuma y’uko ubuyobozi bukuru bwa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo butangaje ibihe bidasanzwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iya Ituri.

Intara ya Ituri

Ni mu rwego rwo gutangiza intambara ku mitwe yitwaje intwaro ihamaze igihe, hagamijwe kuyiharandura kugira ngo amahoro ahagaruke mu buryo burambye.

Icyemezo cyo gushyira biriya bice mu bihe bidasanzwe giherutse gufatirwa mu nama y’Abaminisitiri idasanzwe yayobowe na Perezida Tshisekedi ari kumwe na Minisitiri w’Intebe Bwana Jean-Michel Sama Lukonde.

TAGGED:featuredIntaraIturi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwisanzure Bw’Itangazamakuru Bugomba Kuba Bwubakiye Kubarikora-CP Kabera
Next Article Alan Boileau Yegukanye Agace Ka Kabiri Ka Tour Du Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?