Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Kenya Zitegerejwe Muri RDC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Kenya Zitegerejwe Muri RDC

Last updated: 22 April 2021 7:30 am
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Felix Tshisekedi yatangaje ko ingabo za Kenya zitegerejwe muri icyo gihugu mu minsi iri imbere, mu rwego rwo gutera ingabo mu bitugu urugamba ku mitwe y’iterabwoba.

Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu mu gihe Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yari i Kinshasa mu ruzinduko rw’akazi rw’amasaha 48.

Tshisekedi yagize ati “Ingabo za Kenya zitegerejwe muri RDC mu byumweru biri imbere mu gufasha ingabo zacu mu kugaba ibitero simusiga mu mitwe y’iterabwoba n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi mu Burasirazuba bw’igihugu.”

Yavuze ko Kenya yemeye gutanga umusanzu mu ngabo zitabara aho rukomeye, zigizwe n’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) zifatanyije na FARDC.

RDC imaze iminsi mu biganiro n’ibihugu by’akarere, haganirwa ku musanzu byatanga mu kurandura imitwe yitwaje intwaro ikorera muri icyo gihugu, yaba igizwe n’abenegihugu cyangwa abanyamahanga.

TAGGED:TshisekediUhuru Kenyatta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Uburezi Wa RDC Yafatiwe i Brazzaville Ahunze
Next Article Abanye-Congo Bane Bafashwe Binjiza Mu Rwanda Caguwa Ya Magendu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

AFC/M23 Ishinja Leta Ya Kinshasa Kutubahiriza Ibyo Guhana Imfungwa

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

You Might Also Like

Mu mahanga

Amerika Yafashe Ubwato Bibiri Bw’Abarusiya Bwajyaga Muri Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Trump Ntarashirwa…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Urutonde Rw’Ibyo Trump Asaba Umuyobozi Mushya Wa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?