Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Uganda Zaguze Izindi Ntwaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Uganda Zaguze Izindi Ntwaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2021 8:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ingabo muri Uganda Bwana Adolf  Mwesigye yaraye abwiye abayobozi bakuru mu ishyaka NRM ko igisirikare cya Uganda cyageze ku ntego kihaye ku kigero cya 90%. Mu byo cyakoze harimo no kugura intwaro zirimo kajugujugu n’ibifaro bishoboye urugamba.

Mu bwo Uganda yishimira ko yaguze kandi harimo ubwato bw’intambara.

Minisitiri Mwesigye yabivugiye mu nama yahuje abayobozi bakuru mu ngabo za Uganda n’abo mu ishyaka NRM ubwo bari bahuye ngo  baganire aho kwesa imihigo ikubiye mucyo bise NRM Manifesto Week bigeze.

Mu rwego rwa gisirikare, iriya Manifesto yashyizeho imihigo ingabo za Uganda zagombaga kuba zesheje hagati y’umwaka wa 2016 n’uwa 2021.

Bwana Adolf  Mwesigye yagize ati: “ Mu rwego rwa gisirikare, intego zacu twazigezeho ku kigero cya 90%  mu myaka itanu ishize kandi turarimbanyije.”

Avuga ko Minisiteri ayoboye yakoze uko ishoboye kugira ngo yongerere ingabo za Uganda ubushobozi haba mu bumenyi ndetse no mu bikoresho.

Igisirikare cya Uganda kiranira mu kirere giherutse gutegekwa na Museveni kwimura ikicaro kikava Entebbe kikacya ahitwa Nakasongola.

Ibinyamakuru byo muri Uganda biherutse kuvuga ko Perezida Museveni yigeze kubwira ingabo ze bidakwiye ko  ziba mu mujyi nk’uko bidakwiye ko intare iwubamo ahubwo iba kandi ikwiye guhora iba mu ishyamba.

TAGGED:featuredMuseveniMwesigyeNRM
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikamyo Ihetse Meterokibe 33 Za Lisansi Yari Igiye Gushya Habura Gato
Next Article Ngarambe: Umuhanga Mu By’Ubwubatsi ‘Udasanzwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?