Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Uganda Zaguze Izindi Ntwaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Uganda Zaguze Izindi Ntwaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2021 8:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ingabo muri Uganda Bwana Adolf  Mwesigye yaraye abwiye abayobozi bakuru mu ishyaka NRM ko igisirikare cya Uganda cyageze ku ntego kihaye ku kigero cya 90%. Mu byo cyakoze harimo no kugura intwaro zirimo kajugujugu n’ibifaro bishoboye urugamba.

Mu bwo Uganda yishimira ko yaguze kandi harimo ubwato bw’intambara.

Minisitiri Mwesigye yabivugiye mu nama yahuje abayobozi bakuru mu ngabo za Uganda n’abo mu ishyaka NRM ubwo bari bahuye ngo  baganire aho kwesa imihigo ikubiye mucyo bise NRM Manifesto Week bigeze.

Mu rwego rwa gisirikare, iriya Manifesto yashyizeho imihigo ingabo za Uganda zagombaga kuba zesheje hagati y’umwaka wa 2016 n’uwa 2021.

Bwana Adolf  Mwesigye yagize ati: “ Mu rwego rwa gisirikare, intego zacu twazigezeho ku kigero cya 90%  mu myaka itanu ishize kandi turarimbanyije.”

Avuga ko Minisiteri ayoboye yakoze uko ishoboye kugira ngo yongerere ingabo za Uganda ubushobozi haba mu bumenyi ndetse no mu bikoresho.

Igisirikare cya Uganda kiranira mu kirere giherutse gutegekwa na Museveni kwimura ikicaro kikava Entebbe kikacya ahitwa Nakasongola.

Ibinyamakuru byo muri Uganda biherutse kuvuga ko Perezida Museveni yigeze kubwira ingabo ze bidakwiye ko  ziba mu mujyi nk’uko bidakwiye ko intare iwubamo ahubwo iba kandi ikwiye guhora iba mu ishyamba.

TAGGED:featuredMuseveniMwesigyeNRM
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikamyo Ihetse Meterokibe 33 Za Lisansi Yari Igiye Gushya Habura Gato
Next Article Ngarambe: Umuhanga Mu By’Ubwubatsi ‘Udasanzwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?