Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Uganda Zigiye Gushinga Umutwe W’Abasivili Witwara Gisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Uganda Zigiye Gushinga Umutwe W’Abasivili Witwara Gisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 August 2021 4:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi w’ingabo za Uganda Brig Gen Flavia Byakwaso rivuga ko guhera kuri uyu wa mbere tariki 23 Kanama, kuzageza 16, Nzeri, 2021 hagiye gushakwa abasore bazatozwa n’ingabo mu kurinda Uganda.

Itangazo Taarifa yabonye rivuga ko abagomba kuzajya muri uriya mitwe bise Uganda Local Defense Force bagomba kuba bafite hagati y’imyaka 18 na 29 y’amavuko.

Amabaruwa yanditse abisaba agomba kuba yarangije gutangwa ku biro byateganyijwe bitarenze tariki 27, Kanama, 2021.

Agomba kuba arimo umwirondoro ukubiyemo igihe n’aho bavukiye, niba barashatse cyangwa ari ingaragu,

Bagomba kandi kwerekana nomero y’irangamuntu n’impamyabumenyi z’amashuri yabo.
Bose bagomba kuba abanya Uganda ku babyeyi bombi.

Mu mwaka wa 2014 Uganda yari ifite abasirikare 46.800.

Hari ikinyamakutu kivuga ko Ingengo y’igisirikare cya Uganda mu mwaka 2015 yari Miliyoni 933.6$.

 

TAGGED:ByekwasofeaturedIngaboItangazoUgandaUmuvugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Mukuru Muri Polisi Y’U Rwanda Hari Inama Aha Abandi Bapolisi
Next Article Ibanga Ryo Guterura Ibyuma Ukubaka Umubiri Vuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'Abaturage

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?