Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Uganda Zigiye Gushinga Umutwe W’Abasivili Witwara Gisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Uganda Zigiye Gushinga Umutwe W’Abasivili Witwara Gisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 August 2021 4:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi w’ingabo za Uganda Brig Gen Flavia Byakwaso rivuga ko guhera kuri uyu wa mbere tariki 23 Kanama, kuzageza 16, Nzeri, 2021 hagiye gushakwa abasore bazatozwa n’ingabo mu kurinda Uganda.

Itangazo Taarifa yabonye rivuga ko abagomba kuzajya muri uriya mitwe bise Uganda Local Defense Force bagomba kuba bafite hagati y’imyaka 18 na 29 y’amavuko.

Amabaruwa yanditse abisaba agomba kuba yarangije gutangwa ku biro byateganyijwe bitarenze tariki 27, Kanama, 2021.

Agomba kuba arimo umwirondoro ukubiyemo igihe n’aho bavukiye, niba barashatse cyangwa ari ingaragu,

Bagomba kandi kwerekana nomero y’irangamuntu n’impamyabumenyi z’amashuri yabo.
Bose bagomba kuba abanya Uganda ku babyeyi bombi.

Mu mwaka wa 2014 Uganda yari ifite abasirikare 46.800.

Hari ikinyamakutu kivuga ko Ingengo y’igisirikare cya Uganda mu mwaka 2015 yari Miliyoni 933.6$.

 

TAGGED:ByekwasofeaturedIngaboItangazoUgandaUmuvugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Mukuru Muri Polisi Y’U Rwanda Hari Inama Aha Abandi Bapolisi
Next Article Ibanga Ryo Guterura Ibyuma Ukubaka Umubiri Vuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?