Imibare mishya yatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ibiza byibasiye ibice bitandukanye by\u Rwanda mu ijoro ryo kuwa Kabiri byahitanye abantu 130. Hari abandi batanu...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko igihe cyose abibwe cyangwa abafitanye isano n’abagiriwe nabi babiyimenyesheje ku gihe, nta mujura cyangwa umugizi wa nabi uzayicika. Umuvugizi wayo Commissioner...
Mu Mudugudu wa Kamanga, Akagari ka Musongati mu Murenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga ahagana saa sita n’igice z’amanywa (12h30) abantu bane barimo batatu bafitanye...
Hagiye gushira igihe ‘kinini’ hirya no hino mu Rwanda humvikana abantu bishe abandi bakoresheje inyundo, imihini, umuhoro cyangwa izindi ntwaro gakondo. Polisi y’u Rwanda yongeye gushimangira...
Mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Mutarama Polisi yahatiye Nizeyimana Salatiel w’imyaka 27 y’amavuko akurikiranyweho gukora $2,550. Umuvugizi wayo mu Ntara...