Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Zidasanzwe Z’Amerika Muri Congo-Kinshasa Kurwanya Iterabwoba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Iterabwoba

Ingabo Zidasanzwe Z’Amerika Muri Congo-Kinshasa Kurwanya Iterabwoba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2021 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Felix Tshisekedi yaraye yakiriye ingabo z’Abanyamerika zije muri Congo-Kinshasa kurwanya imitwe y’iterabwoba.

Zari ziyobowe na Ambasaderi w’Amerika muri Congo-Kinshasa Bwana Mike Hammer.

Nyuma yo kubakira mu Biro bye, Perezida Tshisekedi yabwiye itangazamakuru ko bariya basirikare baje gufatanya n’ingabo ze guhashya imitwe y’iterabwoba imaze iminsi yarazengereje abatuye Uburasirazuba bw’igihugu cye.

Ingabo z’Amerika zigeze muri kiriya gihugu nyuma y’iminsi micye hari ingabo za Kenya zigeze yo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Izi ngabo zaje kwigira hamwe uko zafatanya n’iza DRC ngo bahashye bariya barwanyi.

Iza Uganda nazo zahageze mu mezi macye ashize, ubuvugizi bwazo bukavuga ko zagiyeyo guhashya ADF igizwe n’abarwanyi biganjemo abakomoka muri Uganda.

Itangazamakuru mpuzamahanga rimaze iminsi rivuga ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ari hamwe mu hantu umutwe Al Qaeda na Islamic State bashinze ibirindiro.

Muri Afurika bariya barwanyi bafite ibirindiro muri Nigeria, Mozambique, Repubulika ya Demukarasi ya Congo no mu bihugu bigize igice cy’Afurika ikikije ubutayu bwa Sahari kitwa Sahel.

TAGGED:AmerikaCongofeaturedIterabwoba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Gen Mahamat Uyobora Chad
Next Article Nyuma Yo Gupfusha Perezida, Haiti Yasonzwe N’Umutingito
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?