Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Zidasanzwe Z’Amerika Muri Congo-Kinshasa Kurwanya Iterabwoba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Iterabwoba

Ingabo Zidasanzwe Z’Amerika Muri Congo-Kinshasa Kurwanya Iterabwoba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2021 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Felix Tshisekedi yaraye yakiriye ingabo z’Abanyamerika zije muri Congo-Kinshasa kurwanya imitwe y’iterabwoba.

Zari ziyobowe na Ambasaderi w’Amerika muri Congo-Kinshasa Bwana Mike Hammer.

Nyuma yo kubakira mu Biro bye, Perezida Tshisekedi yabwiye itangazamakuru ko bariya basirikare baje gufatanya n’ingabo ze guhashya imitwe y’iterabwoba imaze iminsi yarazengereje abatuye Uburasirazuba bw’igihugu cye.

Ingabo z’Amerika zigeze muri kiriya gihugu nyuma y’iminsi micye hari ingabo za Kenya zigeze yo.

Izi ngabo zaje kwigira hamwe uko zafatanya n’iza DRC ngo bahashye bariya barwanyi.

Iza Uganda nazo zahageze mu mezi macye ashize, ubuvugizi bwazo bukavuga ko zagiyeyo guhashya ADF igizwe n’abarwanyi biganjemo abakomoka muri Uganda.

Itangazamakuru mpuzamahanga rimaze iminsi rivuga ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ari hamwe mu hantu umutwe Al Qaeda na Islamic State bashinze ibirindiro.

Muri Afurika bariya barwanyi bafite ibirindiro muri Nigeria, Mozambique, Repubulika ya Demukarasi ya Congo no mu bihugu bigize igice cy’Afurika ikikije ubutayu bwa Sahari kitwa Sahel.

TAGGED:AmerikaCongofeaturedIterabwoba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Gen Mahamat Uyobora Chad
Next Article Nyuma Yo Gupfusha Perezida, Haiti Yasonzwe N’Umutingito
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?