Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Zidasanzwe Z’Amerika Muri Congo-Kinshasa Kurwanya Iterabwoba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Iterabwoba

Ingabo Zidasanzwe Z’Amerika Muri Congo-Kinshasa Kurwanya Iterabwoba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2021 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Felix Tshisekedi yaraye yakiriye ingabo z’Abanyamerika zije muri Congo-Kinshasa kurwanya imitwe y’iterabwoba.

Zari ziyobowe na Ambasaderi w’Amerika muri Congo-Kinshasa Bwana Mike Hammer.

Nyuma yo kubakira mu Biro bye, Perezida Tshisekedi yabwiye itangazamakuru ko bariya basirikare baje gufatanya n’ingabo ze guhashya imitwe y’iterabwoba imaze iminsi yarazengereje abatuye Uburasirazuba bw’igihugu cye.

Ingabo z’Amerika zigeze muri kiriya gihugu nyuma y’iminsi micye hari ingabo za Kenya zigeze yo.

Izi ngabo zaje kwigira hamwe uko zafatanya n’iza DRC ngo bahashye bariya barwanyi.

Iza Uganda nazo zahageze mu mezi macye ashize, ubuvugizi bwazo bukavuga ko zagiyeyo guhashya ADF igizwe n’abarwanyi biganjemo abakomoka muri Uganda.

Itangazamakuru mpuzamahanga rimaze iminsi rivuga ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ari hamwe mu hantu umutwe Al Qaeda na Islamic State bashinze ibirindiro.

Muri Afurika bariya barwanyi bafite ibirindiro muri Nigeria, Mozambique, Repubulika ya Demukarasi ya Congo no mu bihugu bigize igice cy’Afurika ikikije ubutayu bwa Sahari kitwa Sahel.

TAGGED:AmerikaCongofeaturedIterabwoba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Gen Mahamat Uyobora Chad
Next Article Nyuma Yo Gupfusha Perezida, Haiti Yasonzwe N’Umutingito
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?