Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Zidasanzwe Z’Amerika Muri Congo-Kinshasa Kurwanya Iterabwoba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Iterabwoba

Ingabo Zidasanzwe Z’Amerika Muri Congo-Kinshasa Kurwanya Iterabwoba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2021 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Felix Tshisekedi yaraye yakiriye ingabo z’Abanyamerika zije muri Congo-Kinshasa kurwanya imitwe y’iterabwoba.

Zari ziyobowe na Ambasaderi w’Amerika muri Congo-Kinshasa Bwana Mike Hammer.

Nyuma yo kubakira mu Biro bye, Perezida Tshisekedi yabwiye itangazamakuru ko bariya basirikare baje gufatanya n’ingabo ze guhashya imitwe y’iterabwoba imaze iminsi yarazengereje abatuye Uburasirazuba bw’igihugu cye.

Ingabo z’Amerika zigeze muri kiriya gihugu nyuma y’iminsi micye hari ingabo za Kenya zigeze yo.

Izi ngabo zaje kwigira hamwe uko zafatanya n’iza DRC ngo bahashye bariya barwanyi.

Iza Uganda nazo zahageze mu mezi macye ashize, ubuvugizi bwazo bukavuga ko zagiyeyo guhashya ADF igizwe n’abarwanyi biganjemo abakomoka muri Uganda.

Itangazamakuru mpuzamahanga rimaze iminsi rivuga ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ari hamwe mu hantu umutwe Al Qaeda na Islamic State bashinze ibirindiro.

Muri Afurika bariya barwanyi bafite ibirindiro muri Nigeria, Mozambique, Repubulika ya Demukarasi ya Congo no mu bihugu bigize igice cy’Afurika ikikije ubutayu bwa Sahari kitwa Sahel.

TAGGED:AmerikaCongofeaturedIterabwoba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Gen Mahamat Uyobora Chad
Next Article Nyuma Yo Gupfusha Perezida, Haiti Yasonzwe N’Umutingito
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?