Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’U Rwanda Zabohoye ‘Bidasubirwaho’ Agace Ka Awasse Muri Cabo Delgado
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ingabo Z’U Rwanda Zabohoye ‘Bidasubirwaho’ Agace Ka Awasse Muri Cabo Delgado

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 August 2021 11:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu mu buryo budasubirwaho, ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique birukanye abarwanyi ba Al Qaeda bari birigaruriye Agace ka Awasse kari mu tugize Intara ya Cabo Delgado.

Nyuma yo kuhigarurira, babyeretse abasizirikare bo mu ngabo z’ibindi bihugu biri muri kiriya gihugu kugira ngo bijye ku mugaragaro.

Igikorwa cyo kumurikira ziriya ngabo ko RDF n’ingabo za Mozambique zigaruriye hariya hantu kitabiriwe n’abakuru b’ingabo z’ibi bihugu bari muri kariya gace hiyongereyeho abakuru b’ingazo za Botswana na Zimbabwe.

Hari kandi n’itangazamakuru ryo muri kiriya gihugu n’itangazamakuru mpuzamahanga.

Muri iki gihe uruganda rutunganya amashanyarazi muri kariya gace rwari rwarigaruriwe na bariya barwanyi ruri mu maboko ya Leta ya Mozambique n’ubwo bwose rwangijwe na bariya barwanyi.

Mu minsi ishize Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Col Ronald Rwivanga yari aherutse kuvuga akazi kazijyanye kari kugenda neza kandi ko bagakomeje.

Zasize zitwitse iki gikoresho cy’amashanyarazi
Kariya gace nta mashanyarazi gafite muri iki gihe
Abasirikare beretswe uko akazi kakozwe
Umwe mu basirikare ba Mozambique
TAGGED:featuredIngabo MozambiqueRDFRwivanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abapolisi Barimo ACP Kulamba Basezerewe, CSP Camille Zuba Asezererwa Muri RCS
Next Article Icyo Kuba ‘Colonel’ Bivuze Mu Gisirikare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?