Amakuru ya Komisiyo y’amatora avuga ko amatora y’Abanyarwanda bazaruhagararira mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yatoye abantu icyenda. Umwe muri bo ni Bwana Dr...
Amakuru aravuga ko hari umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo warasiwe mu Rwanda arapfa. Byabereye mu Mudugudu wa Cyamabuye, Akagari ka Rusura,...
Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare. Umwe muri bo ni Col Ronald Rwivanga usanzwe ari Umuvugizi ...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Colonel Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko Igifaransa cyari gisanzwe gikoreshwa mu masomo yigishwa ingabo z’u Rwanda nk’uko bimeze mu yandi mashuri, ariko...
Ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura hahuriye ingabo z’u Rwanda n’iza Nigeria ziri mu Rwanda mu rwego rwo kwiyungura ubumenyi. Aba basirikare baje mu...