Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’u Rwanda Zafashije Abana Bo Muri Mozambique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingabo Z’u Rwanda Zafashije Abana Bo Muri Mozambique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2023 7:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha abana bo mu Mujyi wa Mocimboa da Praia n’uwa Palma gusubira ku ishuri, inzego z’umutekano z’u Rwanda zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, zatanze ibikoresho by’amashuri bigenewe abiga mu mashuri ane.

Ibyo bikoresho birimo amakayi, ibitabo, amakaramu, ibikoresho bya gihanga bikoreshwa mu byo bita ‘géometrie’, ibikinisho by’abana n’ibindi.

Ingabo z’u Rwanda na Polisi bari muri Mozambique mu myaka hafi ibiri ishize.

Bagiye yo mu rwego rwo gufasha kiriya gihugu kugarukana amahoro cyari kimaze igihe cyarabujijwe n’abakora iterabwoba bari barigaruriye Intara ya Cabo Delgado.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma yo kubirukana mu bice byinshi by’iyi Ntara yakurikiyeho gucuura abaturage bakagaruka mu byabo.

Abana batangiye gusubira mu mashuri, amashuri amwe n’amwe arasanwa, inzego zongera kwiyubaka.

Icyakora, ibintu byose ntibirasubira mu buryo kuko n’abakora iterabwoba batarahashira.

Niyo mpamvu u Rwanda ruherutse kohereza yo abandi basirikare kugira ngo bakomeze guhashya abo barwanyi babasanze aho bahungiye hose.

TAGGED:AbanaAmashuriCabo DelgadoIngaboPolisiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burundi: Abajura Bayogoje Cibitoke
Next Article Uko Ingabo Za EAC Zigabanyije Ibirindiro Mu Burasirazuba Bwa DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?