Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Umusanzu Mu Burezi Bw’Abana Bo Muri Sudani Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Umusanzu Mu Burezi Bw’Abana Bo Muri Sudani Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2022 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha abatuye Umurwa mukuru wa Sudani y’Epfo ari wo Juba kuba ahantu heza, ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu taliki 18, Kamena, 2022 zakoze umuganda ariko ziha abana b’aho ibikoresho by’ishuri ngo bizabafashe mu myigire yabo.

Umuganda wakorewe ku ishuri ribanza ry’ahitwa Kapur.

Abana biga kuri iki kigo no bindi bihakikije nibo bahawe ibikoresho by’ishuri.

Si amakayi, amakaramu, gome n’ibindi bikoresho by’ishuri bahawe gusa, ahubwo bahawe n’ibikoresho by’isuku kugira ngo bakomeze kugira umucyo n’ubuzima bwiza muri rusange.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Umuganda w’Abanyarwanda wageze imahanga
Abana bo muri Sudani y’Epfo bahawe ibinini by’inzoka

Muri iki gikorwa kandi, Ingabo z’u Rwanda zari ziri kumwe na Polisi y’u Rwanda nk’uko basanzwe bafatanya mu bikorwa byo kugarura no kurinda amahoro aho boherejwe.

Uretse umusanzu mu gutunganya aho abaturage batuye cyangwa bakorera binyuze mu Umuganda, ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo bakorana mu rwego rwo kurinda ko abaturage bashinzwe bahungabanywa n’ikintu icyo ari cyo cyose harimo n’abarwanyi bo mu mitwe irwanya ibihugu runaka bakoreramo akazi.

Aho baherutse kuhorezwa vuba aha, ni muri Mozambique aho bagiye kwirukana ibyihebe byari byarigaruriye henshi cyane cyane muri Cabo Delgado.

 

TAGGED:AbanaAmashuriIngaboSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bidasubirwaho Sadio Mané Yagiye Muri Bayern Munich
Next Article Iraq:Gutaburura Imibiri Y’Abapfuye Guhera Mu Gihe Cya Saddam Byatangiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?