Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Umusanzu Mu Burezi Bw’Abana Bo Muri Sudani Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Umusanzu Mu Burezi Bw’Abana Bo Muri Sudani Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2022 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha abatuye Umurwa mukuru wa Sudani y’Epfo ari wo Juba kuba ahantu heza, ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu taliki 18, Kamena, 2022 zakoze umuganda ariko ziha abana b’aho ibikoresho by’ishuri ngo bizabafashe mu myigire yabo.

Umuganda wakorewe ku ishuri ribanza ry’ahitwa Kapur.

Abana biga kuri iki kigo no bindi bihakikije nibo bahawe ibikoresho by’ishuri.

Si amakayi, amakaramu, gome n’ibindi bikoresho by’ishuri bahawe gusa, ahubwo bahawe n’ibikoresho by’isuku kugira ngo bakomeze kugira umucyo n’ubuzima bwiza muri rusange.

Umuganda w’Abanyarwanda wageze imahanga
Abana bo muri Sudani y’Epfo bahawe ibinini by’inzoka

Muri iki gikorwa kandi, Ingabo z’u Rwanda zari ziri kumwe na Polisi y’u Rwanda nk’uko basanzwe bafatanya mu bikorwa byo kugarura no kurinda amahoro aho boherejwe.

Uretse umusanzu mu gutunganya aho abaturage batuye cyangwa bakorera binyuze mu Umuganda, ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo bakorana mu rwego rwo kurinda ko abaturage bashinzwe bahungabanywa n’ikintu icyo ari cyo cyose harimo n’abarwanyi bo mu mitwe irwanya ibihugu runaka bakoreramo akazi.

Aho baherutse kuhorezwa vuba aha, ni muri Mozambique aho bagiye kwirukana ibyihebe byari byarigaruriye henshi cyane cyane muri Cabo Delgado.

 

TAGGED:AbanaAmashuriIngaboSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bidasubirwaho Sadio Mané Yagiye Muri Bayern Munich
Next Article Iraq:Gutaburura Imibiri Y’Abapfuye Guhera Mu Gihe Cya Saddam Byatangiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gisagara: Ikamyo Ya Howo Yishe Abana Babiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Umutekano W’Abana Urenze Indyo Yuzuye-Umuyobozi wa UNICEF Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?