Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urugo Rwa Mushiki Wa Kabila Rwagoswe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Urugo Rwa Mushiki Wa Kabila Rwagoswe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2024 3:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jaynet Kabila iwe hashyizwe ingabo za DRC kubera impamvu zitaramenyekana. Icyakora bivuzwe hashize igihe gito umwe mu bahoze bakorana na Corneille Nangaa afashwe n’ingabo za DRC akazibwira ko Joseph Kabila( musaza wa Jaynet) ari mu batera inkunga intambara ibera mu Burasirazuba bwa DRC.

Urugo rwa Jaynet Kabila ruba mu Murwa mukuru, Kinshasa.

Amakuru avuga ko abo bapolisi berekeje kuri urwo rugo, bari mu modoka yo mu bwoko bwa Jeep

Iy’inkuru inavuga ko hari aba polisi 10, nyuma yo kuzenguruka urugo rwa Jaynet Kabila bahagumye ariko nta kintu baratangaza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari hashize igihe gito urwego rw’iperereza rw’iki gihugu ruhamagaje Jaynet Laurent Kabila ngo agire icyo arusobanurira.

Jaynet Kabila ni impanga ya Joseph Kabila wahoze uyobora DRC.

TAGGED:featuredIngaboKabilaMushikiUrugo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujenosideri Fabien Neretse YAPFUYE
Next Article Netanyahu Yagiriwe Inama Yo Kudatera Iran
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?