Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’u Rwanda ‘Zidasanzwe’ Zahawe Umuyobozi Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Ingabo Z’u Rwanda ‘Zidasanzwe’ Zahawe Umuyobozi Mushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2025 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ikirango cy'umutwe udasanzwe w'ingabo z'u Rwanda.
SHARE

Nyuma yo kumuzamura mu ipeti akaba Brigadier General avuye ku rya Colonel, Perezida Kagame yagize Stanislas Gashugi umuyobozi mushya w’umutwe w’ingabo zidasanzwe muri RDF bita Special Operations Force.

Gashugi asimbuye Major General Ruki Karusisi wari umaze igihe ayobora iri tsinda ry’ingabo rifite ikigo mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, hamwe mu hantu hakonja cyane mu Rwanda.

Brig Stanislas Gashugi( akiri Colonel). Ifoto@ RBA.

Mu mpinduka Perezida Kagame yakoze harimo ko Karusisi agomba gusubira gukorera ku Biro bikuru by’Ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura mu gihe agitegereje izindi nshingano.

Mu mwaka wa 2021 nibwo Brig Gashugi yahawe ipeti rya Colonel, ahita agirwa ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade y’u Rwanda muri Tanzania.

TAGGED:featuredGashugiIngaboKarusisiRDFTanzaniaZidasanzwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mwaka Wa 2024 Abakoresha Mobile Money Biyongereyeho Miliyoni 3–Raporo
Next Article Ikipe Y’u Rwanda Ikina Handball Iruhagarariye Neza Muri Kosovo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?