Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’u Rwanda Zikomeje Kwiga Igifaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingabo Z’u Rwanda Zikomeje Kwiga Igifaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 December 2023 3:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi w’Ubufaransa mu Rwanda Antoine Anfré yasuye ishuri ry’ingabo z’u Rwanda z’i Gako mu Karere ka Bugesera. Yahasanze kandi aganira n’abasikare bari kwiga Igifaransa bakagifatanya n’andi masomo abategurira kuba ba ofisiye bato mu ngabo z’u Rwanda.

Abo yasanze biga uru rurimi rwo mu gihugu cye ni abasirikare 80 bari gukurirana amasomo bita cadet courses.

Yari aherekejwe n’Umuyobozi mu ngabo z’u Rwanda ushinzwe ububanyi n’amahanga Brig Gen Patrick Karuretwa n’abandi bakozi ba Ambasade.

Amb Anfre yari aherekejwe n’umuyobozi muri MINADEF ushinzwe imikoranire mpuzamahanga

Kubera ko ingabo na Polisi by’u Rwanda basigaye bajya gufasha mu kubungabunga amahoro mu bihugu bivuga n’Igifaransa, ubuyobozi bw’u Rwanda bwasanze ari ngombwa ko biga n’Igifaransa.

Igifaransa ni rumwe mu ndimi mpuzamahanga u Rwanda rwiyemeje gukoresha mu mirimo ya Leta kandi rwigwa no mu mashuri yarwo harimo n’iri rya gisirikare.

TAGGED:AmbasaderiAnfreAntoineGakoIngaboRDFRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Namibia Nticyohereje Abasirikare Muri DRC
Next Article Abasirikare Ba Iran Bishwe N’Igisasu Cya Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?