Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingamba Nshya Zo Gukemura Ibura Rya Bisi Mu Mujyi Wa Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ingamba Nshya Zo Gukemura Ibura Rya Bisi Mu Mujyi Wa Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2023 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Umuntu azajya yishyura igiciro kingana n'aho bisi imugejeje
SHARE

Minisitiri y’ibikorwa remezo yasohoye amabwiriza y’uko hagiye kubaho uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali. Kimwe mu byo aya mabwiriza ateganya ni uko hagiye gushyirwaho parikingi yihariye y’imodoka z’imyanya irindwi zizajya zifashishwa mu gutwara abagenzi by’agateganyo.

Izi modoka zari zisanzwe zitwara abagenzi ariko mu buryo butemewe ariko ‘bwihanganirwaga.’

Amabwiriza ya Minisiteri y’ibikorwaremezo ivuga ko abaziyemeza gutanga imodoka zabo ngo zikore aka kazi nta misoro bazacibwa kubera ko ari iby’agateganyo.

Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’imodoka nke zitwara abagenzi, bisi ziri mu byerekezo bidafite abagenzi benshi zizajya zunganira izikorera mu byerekezo bibafite.

Minisiteri ivuga kandi ko Leta igiye gukorana n’abafite bisi ziri mu magaraje kureba uko zakoreshwa kugira ngo zikire ubundi zisubire mu kazi.

Leta kandi ivuga ko hari bisi igiye gukodesha kugira ngo zize kunganira izisanzwe zikora.

Ikibazo cy’imodoka nke zitwara abagenzi kiri mu bihangayikishije abatuye umujyi wa Kigali n’abayobozi bawo muri rusange.

Amabwiriza ya Minisiteri y’ibikorwaremezo

 

TAGGED:featuredKigaliMinisitiriUmujyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kayirangwa Yatangiye Inshingano Mu Muryango Mpuzamahanga W’Umurimo
Next Article Ukraine Yamenye Ko ‘Umugabo Yigira Yakwibura Agapfa’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?