Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingamba Nshya Zo Gukemura Ibura Rya Bisi Mu Mujyi Wa Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ingamba Nshya Zo Gukemura Ibura Rya Bisi Mu Mujyi Wa Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2023 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Umuntu azajya yishyura igiciro kingana n'aho bisi imugejeje
SHARE

Minisitiri y’ibikorwa remezo yasohoye amabwiriza y’uko hagiye kubaho uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali. Kimwe mu byo aya mabwiriza ateganya ni uko hagiye gushyirwaho parikingi yihariye y’imodoka z’imyanya irindwi zizajya zifashishwa mu gutwara abagenzi by’agateganyo.

Izi modoka zari zisanzwe zitwara abagenzi ariko mu buryo butemewe ariko ‘bwihanganirwaga.’

Amabwiriza ya Minisiteri y’ibikorwaremezo ivuga ko abaziyemeza gutanga imodoka zabo ngo zikore aka kazi nta misoro bazacibwa kubera ko ari iby’agateganyo.

Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’imodoka nke zitwara abagenzi, bisi ziri mu byerekezo bidafite abagenzi benshi zizajya zunganira izikorera mu byerekezo bibafite.

Minisiteri ivuga kandi ko Leta igiye gukorana n’abafite bisi ziri mu magaraje kureba uko zakoreshwa kugira ngo zikire ubundi zisubire mu kazi.

Leta kandi ivuga ko hari bisi igiye gukodesha kugira ngo zize kunganira izisanzwe zikora.

Ikibazo cy’imodoka nke zitwara abagenzi kiri mu bihangayikishije abatuye umujyi wa Kigali n’abayobozi bawo muri rusange.

Amabwiriza ya Minisiteri y’ibikorwaremezo

 

TAGGED:featuredKigaliMinisitiriUmujyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kayirangwa Yatangiye Inshingano Mu Muryango Mpuzamahanga W’Umurimo
Next Article Ukraine Yamenye Ko ‘Umugabo Yigira Yakwibura Agapfa’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?