Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingengabihe Y’Uko Abanyeshuri Bazasubira Kwiga, Barasabwa Kudacyererwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingengabihe Y’Uko Abanyeshuri Bazasubira Kwiga, Barasabwa Kudacyererwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2022 7:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA, buvuga ko ku wa Mbere taliki 18, Mata, 2022 ari bwo abanyeshuri bazasubira kwiga.

Ingengabihe y’uko abiga mu Ntara bazafashwa kugera yo itangajwe, ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri busaba ababyeyi kutazacyerereza abana kugira ngo bagere aho imodoka zo kubatwara ziri kandi ku gihe.

Impamvu ni uko kuri Stade ya Kigali aho bazahagurukira, mu masaha ya nyuma ya saa sita( 12h00’0) hari ibikorwa by’imikino bizahabera.

Uko ingendo zijyana abana ku mashuri ziteganyijwe

Abanyeshuri bagomba kuba bahageze bitarenze saa tatu za mu gitondo( 9h00am) bagatangira kujyanwa ku ishuri kuko nta modoka izemererwa gutwara abanyeshuri bwije.

Ikindi ni uko ababyeyi basabwe kutazaha abana amafaranga y’urugendo ari y’igice. Ngo bagomba kubaha ayuzuye ni ukuvuga abajyana n’azabagarura.

Mu rugendo kandi, abanyeshuri basabwe kuzakomeza kwigengesera bakubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19.

Abanyeshuri bagiye gusubira kwiga igihembwe gitaha nyuma y’Ibyumweru bibiri bari bamaze mu kiruhuko cyabayemo ibikorwa birimo no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Kuri iki Cyumweru kandi ni ukuvuga Taliki 17, Mata, 2022 bazifatanya n’ababyeyi babo kwizihiza Pasika.

Dr Bernard Bahati, Umuyobozi wa NESA
TAGGED:AbanyeshuriAmashurifeaturedingendoStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Muri Jamaica Yunamiye Intwari Marcus Garvey
Next Article Urujijo Ku Rupfu Rw’Abasirikare Barinda Perezida Wa Kenya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?