Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingimbi Z’Abanyarwanda Zarangije Amasomo Mu ‘Ishuri Rya Gisirikare’ Muri USA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Andi makuruUmutekano

Ingimbi Z’Abanyarwanda Zarangije Amasomo Mu ‘Ishuri Rya Gisirikare’ Muri USA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 May 2021 10:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari Abanyarwanda baraye barangije amasomo agenewe ingimbi zitegurirwa kuzaba abasirikare haba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika cyangwa mu bihugu bakomokamo. Mu barangije ariya masomo harimo ingimbi z’Abanyarwanda n’abandi baturutse mu bindi bihugu birimo na Kenya.

Bari bamaze igihe biga mu kigo cyigisha abasirikare bashaka kuba ba ofisiye bato kitwa Missouri Military Academy

Abarangije ariya masomi bakomoka mu Rwanda ni aba bakurikira:

-Dylan Neza Mugisha

-Bruno Migaruka Kuzwayezu,

-Landry Cyusa Rudasingwa,

-Ganza Sano Rugumire,

-Kenny Kazora,

-Edwin Kagame,

-Bryan Intwali,

-Dhalil Brave Belko.

Ishuri rya Missouri Military Academy ni ishuri ritegurira abahungu bafite hagati y’imyaka irindwi n’imyaka 12 kuzaba abasirikare.

Ku rubuga rwa ririya shuri handitse ko ryashinzwe mu rwego rwo guha abahungu umurongo w’ubuzima, bakamenya uko nabo bakwiha gahunda y’ibyo bashaka mu buzima.

Abiga muri ririya shuri ryashinzwe mu mwaka wa 1889 biga baba mu kigo.

Batozwa kuzavamo abagabo bashoboye inshingano zose bazahabwa, haba mu gisirikare, mu buyobozi bwa politiki, kuba ababyeyi beza n’abayobozi beza.

Ingimbi ziga muri Missouri Military Academy zitozwa byinshi birimo ubumenyi muri siyansi n’ikoranabuhanga, kumenya kwihanganira ibigeragezo birimo n’ibiterwa n’urungano, amasomo y’ingenzi agenga umusirikare, kumenya gufata inshingano no kubazwa uko bazishyize mu bikorwa n’ibindi.

Kuzwayezu
Dylan Mugisha
Kevin Kazora

 

Bryan Intwali
Edwin Kagame

 

Mpabuka
Rudasingwa
TAGGED:featuredGisirikareIngimbiIntwaliIshuriKagameMissouri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urumogi Rufite Agaciro Karenga Miliyoni 12 Frw Rwafatiwe Ngororero na Rubavu
Next Article Mu Rwibutso Rwa Rukumberi Hagiye Gushyingurwa Imibiri 2 500
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?