Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingimbi Z’Abanyarwanda Zarangije Amasomo Mu ‘Ishuri Rya Gisirikare’ Muri USA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Andi makuruUmutekano

Ingimbi Z’Abanyarwanda Zarangije Amasomo Mu ‘Ishuri Rya Gisirikare’ Muri USA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 May 2021 10:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari Abanyarwanda baraye barangije amasomo agenewe ingimbi zitegurirwa kuzaba abasirikare haba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika cyangwa mu bihugu bakomokamo. Mu barangije ariya masomo harimo ingimbi z’Abanyarwanda n’abandi baturutse mu bindi bihugu birimo na Kenya.

Bari bamaze igihe biga mu kigo cyigisha abasirikare bashaka kuba ba ofisiye bato kitwa Missouri Military Academy

Abarangije ariya masomi bakomoka mu Rwanda ni aba bakurikira:

-Dylan Neza Mugisha

-Bruno Migaruka Kuzwayezu,

-Landry Cyusa Rudasingwa,

-Ganza Sano Rugumire,

-Kenny Kazora,

-Edwin Kagame,

-Bryan Intwali,

-Dhalil Brave Belko.

Ishuri rya Missouri Military Academy ni ishuri ritegurira abahungu bafite hagati y’imyaka irindwi n’imyaka 12 kuzaba abasirikare.

Ku rubuga rwa ririya shuri handitse ko ryashinzwe mu rwego rwo guha abahungu umurongo w’ubuzima, bakamenya uko nabo bakwiha gahunda y’ibyo bashaka mu buzima.

Abiga muri ririya shuri ryashinzwe mu mwaka wa 1889 biga baba mu kigo.

Batozwa kuzavamo abagabo bashoboye inshingano zose bazahabwa, haba mu gisirikare, mu buyobozi bwa politiki, kuba ababyeyi beza n’abayobozi beza.

Ingimbi ziga muri Missouri Military Academy zitozwa byinshi birimo ubumenyi muri siyansi n’ikoranabuhanga, kumenya kwihanganira ibigeragezo birimo n’ibiterwa n’urungano, amasomo y’ingenzi agenga umusirikare, kumenya gufata inshingano no kubazwa uko bazishyize mu bikorwa n’ibindi.

Kuzwayezu
Dylan Mugisha
Kevin Kazora

 

Bryan Intwali
Edwin Kagame

 

Mpabuka
Rudasingwa
TAGGED:featuredGisirikareIngimbiIntwaliIshuriKagameMissouri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urumogi Rufite Agaciro Karenga Miliyoni 12 Frw Rwafatiwe Ngororero na Rubavu
Next Article Mu Rwibutso Rwa Rukumberi Hagiye Gushyingurwa Imibiri 2 500
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Drone Y’Ingabo Za DRC Yagabye Igitero Ku Birindiro Bya AFC/M23

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Yabwiye UN Ko Igihe Kigeze Afurika Igahagararirwa Mu Kanama Kayo K’Umutekano

Ambasaderi Nyamvumba Yahaye Rayon Sports Umukoro

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

You Might Also Like

IbidukikijeMu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hatangijwe Ihuriro Ry’Abashoramari Bo Mu Bwongereza Bakorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Ivuga Ko Isiganwa Rya UCI Ryasukuye Ikirere Cya Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukunguUmutekano

RIB Yavumbuye Amayeri Akomeye Bakoresha Biba Amadolari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?