Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inkingo za COVID-19 Ziri Kujyanwa Mu Bitaro By’Uturere Tw’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inkingo za COVID-19 Ziri Kujyanwa Mu Bitaro By’Uturere Tw’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 March 2021 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kugira ngo gahunda yo gutangira gukingira Abanyarwanda izatangire kuri uyu wa Gatanu tariki 05, Werurwe, 2021, imodoka  z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu Rwanda zatangiye kujyanayo inkingo.

Kuzitwara byatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Inkingo za COVID-19 zirenga 300 000 zaraye i Masoro.

Ubu ziri kwimurirwa mu bitaro by’Uturere kugira ngo kuri uyu wa Gatanu gukingira bizatangire.

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel, mu kiganiro yaraye agiranye na RBA yavuze ko Abanyarwanda batagomba kwirara ngo bateshuke ku ngamba zo kwirinda COVID-19 kuko igihari.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yavuze ko izindi ngamba zihariye zo kwirinda iki cyorezo zizaganirwaho nyuma y’uko Abanyarwanda bangana na 60% bakingiwe.

Dr Ngamije ati: “Tugeze nibura kuri 60% by’Abanyarwanda bakingiwe, ni bwo tuzaganira ku bijyanye no kureba ibihinduka mu mabwiriza yo kwirinda COVID”.

Yongeyeho ati: “Tutaragera kuri uwo mubare, amabwiriza yo kwirinda ni ya yandi; ni ugukomeza kwambara agapfukamunwa, gukaraba intoki, guhana intera, kwirinda icyatuma uhura n’abandi mu gihe utazi uko uhagaze utazi na bo uko bahagaze, ndavuga mu buryo bwegeranye cyane utanambaye agapfukamunwa, ayo yaba ari amakosa akomeye, waba uri kwishora ku ndwara kandi tumaze kubona ko hari abantu benshi yahitanye”.

Kugeza ubu mu Rwanda, abamaze guhitanwa n’icyorezo cya COVID-19 ni 265, bari mu byiciro bitandukanye ndetse barimo n’abakiri bato.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Abanyarwanda batangira gukingirwa COVID-19
Abakozi ba RBC bakurikiranaga uko igikorwa kigenda
TAGGED:COVID-19featuredIbitaroInkingoUturere
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Mpuzamahanga Hari Ubutumwa Yageneye Isi
Next Article Idamange Yahakanye Ibyo Aregwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?