Mu ijoro ryacyeye kuri iki Cyumweru taliki 05, Kamena, 2022 muri Leta Philadelphia, USA, umuntu yarasiye abandi mu ruhame. Kugeza ubu ababaruwe bahasize ubuzima ni abantu...
Umuyobozi mu bitaro bya Faysal ushinzwe abakozi witwa Dr Augustin Sendegeya yavuze ko imibare ibereka ko abagana ibi bitaro baje kwivuza impyiko kandi bigaragara ko zangiritse...
Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko hari kwigwa uko ibintu byahuzwa k’uburyo gahunda z’igihe kirekire zahabwaga abarwayi bagomba kubarwa zagabanyirizwa igihe. Abarwayi bari...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko ibitaro byitiriwe umwami Faysal byemerewe gutanga amasomo agenewe abanyeshuri muri Kaminuza biga ubuvuzi. Ririya tangazo rivuga ko kwemerera...
Umuyobozi w’Ibitaro byitwa Kira Hospital Clinique Suisse aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Iperereza rw’u Burundi ku mpamvu zitaratangazwa. Abamufashe bamusanze ari mu kazi ari kumwe na...