Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inkotanyi Zakoze Ibyasaga N’Ibidashoboka- Gen Bayingana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inkotanyi Zakoze Ibyasaga N’Ibidashoboka- Gen Bayingana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 July 2022 11:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Gen. Maj Bayingana Emmanuel yabwiye itsinda ry’urubyiruko rwaturutse mu bihugu 13 ko ubutwari no gukunda u Rwanda byatumye Inkotanyi zikora ibyasaga n’ibidashoboka.

Ibyo ngo ni ukongera guhesha u Rwanda ijabo n’ijambo mu ruhando mpuzamahanga.

Major General Emmanuel Bayingana yabwiye abasore n’inkumi ko bagenze amanywa n’ijoro kugira ngo babohore u Rwanda.

Yemeza ko ubuyobozi bwiza, bukunze igihugu n’abagituye ari bwo bwafashe iya mbere mu gutuma Inkotanyi zigera ku ntego zari zarihaye.

Izo ntego zirimo kubohora u Rwanda no kurwubaka rukagira ijambo imahanga.

Minisitiri w’Urubyiruko n’umuco, Rose Mary Mbabazi yasabye urubyiruko rwari rumuteze amatwi kuzakomereza aho bagenzi babo bahohoye u Rwanda bagejeje kugira ngo intambwe yatewe itazasubira inyuma.

Shekh Adul Karim Harerimana nawe yasabye uru rubyiruko kuba maso mu byo bakora byose no kumenya gutandukanye  politiki mbi n’inziza.

Abahawe ziriya mpanuro ni abasore n’inkumi bagera ku 100 baturutse mu bihugu 13 hirya no hino ku isi.

Bamaze iminsi mu Rwanda mu rwego rwo kurushaho kurumenya kuko ari rwo nkomoko yabo

TAGGED:BayinganafeaturedInkotanyiUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mafoto: Umunyamakuru Barbara Yamuritse Igitabo Mu Muhango Witabiriwe N’Abarenga 200
Next Article Inkongi Yibasiye U Burayi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?