Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inkotanyi Zakoze Ibyasaga N’Ibidashoboka- Gen Bayingana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inkotanyi Zakoze Ibyasaga N’Ibidashoboka- Gen Bayingana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 July 2022 11:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Gen. Maj Bayingana Emmanuel yabwiye itsinda ry’urubyiruko rwaturutse mu bihugu 13 ko ubutwari no gukunda u Rwanda byatumye Inkotanyi zikora ibyasaga n’ibidashoboka.

Ibyo ngo ni ukongera guhesha u Rwanda ijabo n’ijambo mu ruhando mpuzamahanga.

Major General Emmanuel Bayingana yabwiye abasore n’inkumi ko bagenze amanywa n’ijoro kugira ngo babohore u Rwanda.

Yemeza ko ubuyobozi bwiza, bukunze igihugu n’abagituye ari bwo bwafashe iya mbere mu gutuma Inkotanyi zigera ku ntego zari zarihaye.

Izo ntego zirimo kubohora u Rwanda no kurwubaka rukagira ijambo imahanga.

Minisitiri w’Urubyiruko n’umuco, Rose Mary Mbabazi yasabye urubyiruko rwari rumuteze amatwi kuzakomereza aho bagenzi babo bahohoye u Rwanda bagejeje kugira ngo intambwe yatewe itazasubira inyuma.

Shekh Adul Karim Harerimana nawe yasabye uru rubyiruko kuba maso mu byo bakora byose no kumenya gutandukanye  politiki mbi n’inziza.

Abahawe ziriya mpanuro ni abasore n’inkumi bagera ku 100 baturutse mu bihugu 13 hirya no hino ku isi.

Bamaze iminsi mu Rwanda mu rwego rwo kurushaho kurumenya kuko ari rwo nkomoko yabo

TAGGED:BayinganafeaturedInkotanyiUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mafoto: Umunyamakuru Barbara Yamuritse Igitabo Mu Muhango Witabiriwe N’Abarenga 200
Next Article Inkongi Yibasiye U Burayi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?