Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intambara Yubuye Hagati Ya Ethiopia N’Abarwanyi Ba Tigray
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Intambara Yubuye Hagati Ya Ethiopia N’Abarwanyi Ba Tigray

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 August 2022 2:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe amahanga yari yizeye ko intambara hagati y’abarwanyi ba Tigray n’ingabo za Leta ya Ethiopia yarangiye, ubu izi mpande zombie ziri gushinjanya gutangiza imirwano byasanga n’iyarangiye.

Abarwanyi bo TPLF bavuga ko ingabo za Leta y’i Addis Ababa ari zo zatangiye kubarasa  zibasanze mu birindiro bafite mu bice by’Amajyepfo n’iby’Amajyaruguru ya Tigray.

Ibi ngo byahise bigarika agahenge kari kamaze amezi atanu hagati y’izi mpande zari zimaze imyaka zirwana.

Ni intambara yahitanye benshi, abandi baba impunzi ndetse bitiza umurindi inzara n’ubundi isa n’iyabaye akaramata muri kiriya cy’Ihembe ry’Afurika.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bidatinze, uruhande rwa Leta narwo rwavuze ko abarwanyi ba TPLF ari bo bayishotoye.

Umuvugizi wa TPLF witwa Getachew Reda yabwiye RFI ko mu gitondo cya kare ari bwo babyukijwe n’amasau barasazwa n’ingabo za Leta.

Reda ati: “ Ubu turi kurinda ibirindiro byacu ngo hatagira uhadukura kandi twari twaremeye kuhaguma mu rwego rwo kubahiriza ibikubiye mu masezerano y’agahenge.

Mu gihe uyu abivuga atyo, abo ku ruhande rwa Leta nabo bavuga ko ingabo zo muri TPLF ari bo barashe kuri Leta.

Abazi uko ibintu bimeze muri Ethiopia, bavuga ko Leta ya Ethiopia yakoze k’uburyo agace abarwanyi ba TPLF baherereyemo gasa n’akashyizwe mu kato.

- Advertisement -

Intambara iramutse yongeye kubura, yaba ija kuzambya ibintu n’ubundi bisanzwe bitameze neza  muri Ethiopia.

Uretse intambara n’ingaru zayo, abaturage ba Ethiopia bafite ibindi bibazo birimo n’inzara yahabaye akarande.

TAGGED:AbarwanyiEthiopiaIntambaraTigray
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Green Party Ya Dr Frank Habineza Iravugwamo Amacakubiri
Next Article Perezida W’u Burundi Na Madamu Bagaragaye Mu Murima Bahinga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?