Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intego Ni Uko 60% By’Abana Bigomba Kwiga Ay’Incuke-Min Nsengimana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Intego Ni Uko 60% By’Abana Bigomba Kwiga Ay’Incuke-Min Nsengimana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 June 2025 12:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Min Joseph Nsengimana
SHARE

Minisitiri w’uburezi Dr. Joseph Nsengimana avuga ko Guverinoma ifite gahunda y’uko mu myaka iri imbere umubare w’abana b’incuke bazitabira amashuri abagenewe bazagera kuri 60% bavuye kuri 40% bariho ubu.

Nsengimana yabivugiye mu nama nyunguranabitekerezo ku iterambere ry’uburezi iri kubera mu Rwanda, yavugiweho uko gahunda zo guteza imbere uburezi haherewe ku burezi bw’incuke ziteganyijwe.

Minisiteri y’uburezi yatumiye Abanyarwanda n’abafatanyabikorwa bayo mu burezi ngo baganire uko bwatezwa imbere mu byiciro byabwo binyuranye.

Minisitiri Joseph Nsengimana avuga ko ikubitiro bazatangirira mu kuzamura urwego rw’amashuri y’incuke  n’abanza, avuga ko intego ari uko umubare w’abana bitabira ayo mashuri uzamuka ukagera kuri 60% uvuye kuri 40% uri ho ubu.

Iyi mibare ivuze ku muri iki gihe abana benshi b’incuke batitabira ishuri.

Ikindi kibazo avuga ko gikomeye ni uko hari abana basibira, bigatuma uburezi bahabwa budindira.

Ubudindira ni ubw’imyaka itatu ya mbere y’icyiciro cya kabiri cy’abanza gitegurira abana kujya mu mashuri yisumbuye.

Minisitiri Nsengimana yavuze ko iyi nama yiga ku burezi mu mashuri y’incuke n’abanza izakurikirwa n’iyiga ku burezi mu mashuri yisumbuye bikazaba mu Cyumweru gitaha ndetse hakazakurikiraho ikiganiro ku burezi bwa Kaminuza.

Indi wasoma:

Hashyizeho Uburyo Bukomatanyije Bwo Gukemura Ibibazo By’Abana

TAGGED:AbanafeaturedIncukeNsengimanaUburezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Ko Inyandiko Kuri Jenoside Ziri Arusha Zihavanwa
Next Article Trump Ati: ‘Ninginze Iran Kenshi Yanga Kumva’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?