Uyu mugambi u Rwanda urateganya kuzasubiza abana 177,000 mu ishuri. Ruzawukora ku bufatanye na Qatar n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kureba ishyirwa mu bikorwa by’intego z’iterambere rirambye...
Yitwa William Ntidendereza akaba yatabarutse mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe arwariye mu bitaro byitiriwe Umwami Faysal. Yapfuye afite imyaka 73...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 ingabo z’u Rwanda zigize ikitwa RWABATT10 zikorera muri Repubulika ya Centrafrique zamurikiye ubuyobozi bwo mu gace zikoreramo n’ubwa...
Abasenateri baraye basabye ko hashyirwaho uburyo bwihariye bwo kwigisha Jenoside yakorewe Abatutsi mu mashuri yose. Basanga uburyo Jenoside yakorewe yakorewe Abatutsi yigishwa, bukwiye kuvugururwa. Abagize Komisiyo...
Ikibazo cy’ababyeyi batabonera abana babo umunya ngo babaganirize ku buzima bw’imyororokere ntikiba mu Mujyi wa Kigali gusa. Kiri n’ahandi nk’uko abanyeshuri bo mu kigo cy’amashuri cya...