Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzara yadutse mu bana b’Abongereza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inzara yadutse mu bana b’Abongereza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 December 2020 7:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abana bazajya bapfunyikirwa kugira ngo babone icyo bafungura mu gitondo
SHARE

Ni ubwa mbere mu mateka ya UNICEF igiye gufasha abana bo mu Bwongereza kubona ibiribwa. Inzara ivugwa mu bana b’Abongereza yatewe n’ingaruka za COVID-19.

UNICEF yatangaje ko abana b’Abongereza bo mu miryango isanzwe ifite ubukungu buciriritse izafashwa kubona ibiribwa byibura mu gitondo kugira ngo abana birirwe bafite akamuneza.

Abana bazafashwa kubona ibyo kurya ubwo bazaba bari iwabo mu biruhuko bya Noheli.

Kuva UNICEF yashingwa muri 1946 nibwo bibaye ngombwa ko itabara abana bo muri imwe mu miryango y’Abongereza bashonje.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana ryakusanyije £25,000 yo gushakira abana ibiribwa .

Abibasiwe ni abo mu gice cya Southwark, kiri mu Majyepfo y’Umurwa mukuru, London.

Abakozi ba UNICEF bavuga ko icyorezo cya COVID-19 ari cyo kintu cyugarije abana kurusha ibindi nyuma y’Intambara ya Kabiri y’Isi(1939 – 1945).

Ibiribwa bigenewe bariya bana bazabibona kugeza muri Gashyantare, 2021, abana bagera 1 800 bakaba ari bo bazabihabwa.

TAGGED:AbanaInzaraUbwongerezaUNICEF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda rwabwiye Umudepite wa USA ko rufite ubutabera bwigenga
Next Article Itangazo ku bya YouTube ry’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura ryateje sakwe sakwe!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?